skol

Imikino

Haruna Niyonzima yahakanye ibyo gusezera ruhago burundu

Haruna Niyonzima wabaye kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahakanye ibyo gusezera gukina (…)

Uwayezu Jean Fidèle yavuze ko Rayon Sports ikwiriye abayobozi badakorera “inda zabo”

Uwayezu Jean Fidèle wabaye Perezida wa Rayon Sports yagaragaje ishusho y’uko imiyoborere yayo (…)

FIFA yakajije ibihano ku bagaragaza irondaruhu mu kibuga

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira ku Isi (FIFA), Gianni Infantino yatangaje ko umuntu wese (…)

TduRwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

Umunya-Brazil Henrique Ribeiro Bravo w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo Team, (…)

Lionel Messi aricuza kuba atazi icyongereza

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (…)

UEFA Champions League: Real Madrid ishobora guhura na Manchester City

Amakipe umunani mu yakinaga imikino ya kamarampaka ya UEFA Champions League, yabonye itike yo (…)

Rayon Sports yihagazeho igwa miswi na Al Hilal itangira guhumukera kuri APR FC

Ikipe ya Rayon Sports yihagazeho inganya na Al Hilal igitego 1-0 mu mukino w’ikirarane cyo ku (…)

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

Mathjis De Clercq ukomoka mu Bubiligi akaba akinira Soudal Quick-Step Devo Team yegukanye agace (…)

Perezida Kagame yashimye umusanzu wa ‘FIFA Forward’ muri siporo y’u Rwanda

Perezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe (…)

FIFA Series: Kigali Pelé Stadium yugarijwe n’ibura ry’umuriro yahawe imikino ya nijoro

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryashyize hanze uko amakipe azahura mu (…)

Umuhorandi Jurgen Zomermaand yegukanye agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2026

Umuhorandi Jurgen Zomermaand ukinira Picnic Team yegukanye agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda (…)

Ikipe ishinjwa gusuka amazi mu kibuga cyayo ngo umukino usubikwe iri gukorwaho iperereza

Ikipe ya King’s Lynn Town ikina muri National League North iri gukorwaho iperereza aho iri (…)

Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC kwitekerezaho

Umunya-Ghana wakinaga muri APR FC, Seidu Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC nyuma yo kwitwara (…)

Benjamin Šeško yarokoye Manchester United imbere ya Everton

Rutahizamu wa Manchester United, Benjamin Šeško yatsindiye ikipe ye igitego kimwe rukumbi ubwo (…)

Ishimwe Pierre azamara amezi abiri adakina

Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yemeje ko umunyezamu wayo Ishimwe Pierre yagize (…)