skol
fortebet

Imikino

Antonio Valencia yatije umurindi abafana ba Manchester United bifuza ko Mourinho yirukanwa

Kapiteni wa Manchester United,Antonio Valencia yaraye akanze like ku butumwa bw’abafana ba (…)

Umusore wabeshye umukunzi we ko yakoze impanuka ikomeye akamwambika impeta aje kumureba ari guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga [AMAFOTO]

Umusore wo muri Philippines witwa Jeffrey Delrio yakoze agashya apanga n’abapolisi,babeshya (…)

Paul Scholes yandagaje bikomeye Jose Mourinho ukomeje kurindimura Manchester United

Uwahoze akinira ikipe ya Manchester United wanayigiriyemo ibihe byiza, Paul Scholes, yavuze ko (…)

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje udushya bugiye kuzana kugira ngo abakinnyi bayo bamererwe neza kurushaho

Ikipe ya Rayon Sports imenyereweho kugira udushya dutandukanye,yatangaje ko muri uyu mwaka igiye (…)

Idirishya ryahanutse ku igorofa rirerire rihitana umugabo wagendaga mu muhanda

Umugabo wigenderaga mu muhanda wo mu mujyi wa London mu Bwongereza yahuye n’uruva gusenya ubwo (…)

Pochettino yahishuye ikintu gikomeye abantu batari bazi kuri Lionel Messi

Umutoza wa Tottenham HotspursMauricio Pochettino yatangaje ko mu mwaka wa 2005 FC Barcelona yari (…)

Reba uburanga bw’abakobwa Cristiano Ronaldo amaze gukundana nabo [AMAFOTO]

Nubwo amerewe nabi n’umugore witwa Kathryn Mayorga umushinja kumufata ku ngufu,Cristiano Ronaldo (…)

Polisi ya Las Vegas yongeye gufungura ikirego Cristiano Ronaldo aregwamo gufata ku ngufu umunyamideli w’umunyamerika

Polisi yo muri Las Vegas yongeye gukurikirana ikirego umugore wahoze ari umunyamideli witwa (…)

Mourinho yongeye kuvuga amagambo atari meza ku bakinnyi be

Mbere y’umukino wa Valencia,Jose Mourinho yibasiriye abakinnyi be aho yavuze ko hari bamwe muri (…)

TP Mazembe irifuza bikomeye Robertinho na Caleb ba Rayon Sports

Ikipe y’igihangange ku mugabane wa Africa,TP Mazembe, iri mu biganiro n’umutoza wa Rayon Sports (…)

Diego Maradona yagiriye inama Messi yatunguye benshi

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru ku isi, Diego Maradona ukomoka muri Argentina,yagiriye inama (…)

Cristiano Ronaldo yashinjwe gufata ku ngufu abandi bagore babiri muri 2005

Ubwo rutahizamu Cristiano Ronaldo yari afite imyaka 20 akina mu ikipe ya Manchester (…)

Eden Hazard yasabye ikintu gikomeye Sturidge nyuma yo kubatsinda igitego cy’akataraboneka

Umubiligi Eden Hazard yasabye rutahizamu wa Liverpool Daniel Sturidge ko akwiriye gushaka uko (…)

Inzovu yishe umwana w’imyaka 8 wari uvuye ku ishuli

Mu buhindi haravugwa inkuru ibabaje y’umwana w’umuhungu w’imyaka 8 wishwe n’inzovu, ubwo yari (…)

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yahaye ubutumwa bukomeye umugore wamushinje kumufata ku ngufu

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo,Georgina Rodriguez yashyigikiye bikomeye uyu rutahizamu abinyujije (…)