skol
fortebet

Imikino

Karekezi yakomoje ku mubano we na De Gaulle

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yatangaje ko nta makimbirane afitanye na (…)

Imyambarire y’abagore b’abakinnyi ba Real Madrid bari Abu Dhabi yatangaje benshi (Amafoto)

Kuri uyu wa Mbere taliki ya 11 Ukuboza 2017,nibwo ikipe ya Real Madrid yageze mu mugi wa Abu (…)

Sibomana Abouba yavuze byinshi kuri Mangwende bagomba guhanganira umwanya muri APR FC

Myugariro Sibomana Abouba ukinira ikipe ya APR FC yatangaje ko yiteguye gukora cyane kugira ngo (…)

Rayon Sports izakina na Police FC idafite abakinnyi ngenderwaho bayo

Ikipe ya Rayon Sports izakina na Police FC ku munsi w’ejo idafite abakinnyi bayo ngenderwaho (…)

Karekezi yavuze igihe azatangariza umutoza uzasimbura Katauti

Umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yatangaje ko azahitamo umutoza wungirije (…)

Rayon Sports igiye gukina imikino 3 mu minsi 10 gusa

Amakuru agera ku Umuryango n’uko Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gutangaza (…)

Guardiola yatangaje impamvu ishobora gutuma ahita asezera ku gutoza umupira w’amaguru

Umutoza w’ikipe ya Manchester City Pep Guardiola yatangarije abanyamakuru ko aramutse ananiwe (…)

Mohamed Salah yegukanye igihembo cy’umunyafurika witwaye neza gitangwa na BBC

Umunya Misiri ukinira ikipe ya Liverpool FC Mohamed Salah niwe waraye utowe nk’umukinnyi (…)

Van Gaal wahoze atoza Manchester United yibasiriye bikomeye Jose Mourinho

Uwahoze atoza ikipe ya Manchester United Louis Van Gaal yibasiriye umutoza wayo muri iyi minsi (…)

Karekezi yavuze byinshi ku bijyanye n’ifungwa rye ndetse n’uko yakiriye guhagarikwa n’ubuyobozi bwa Rayon Sports

Umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports umaze icyumweru arekuwe n’ubugenzacyaha bwamukekagaho (…)

Rurangirwa washakaga kuyobora FERWAFA yababajwe n’akarengane yakorewe

Umwe mu bifuzaga kwiyamamariza kuyobora FERWAFA,Rurangirwa Louis wari wiyamamaje aturutse mu (…)

Tombola ya UEFA Champions League itumye amakipe y’ibigugu acakirana hakiri kare

Kuri uyu wa Mbere taliki ya 11 Ukuboza 2017,nibwo hamaze kurangira Tombola y’uko amakipe azahura (…)

Jimmy Mulisa ntiyishimiye icyemezo cya Antoine Hey cyo gukoresha CECAFA nk’imyitozo

Umutoza mukuru w’ikipe ya APR FC Jimmy Mulisa yatangaje ko atishimiye uburyo Antoine Hey yitwaye (…)

Byinshi ukwiye kumenya kuri Tombola ya UEFA Champions League iraba uyu munsi

Kuri uyu wa mbere taliki ya 11 Ukuboza 2017 nibwo ku cyicaro cya UEFA giherereye I Nyon mu (…)

Antoine Hey yatangaje amagambo yababaje abafana b’Amavubi

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yatangaje amagambo atashimishije abanyarwanda bayumvise nyuma (…)