skol
fortebet

Imikino

CAF CL: APR FC iguye miswi na Zanaco FC

Umukino ubanza wa CAF Champions League wahuzaga Zanaco FC na APR FC urangiye amakipe yombi (...)

CAF CL: APR FC iracakirana na Zanaco FC, 11 ba APR FC babanzamo

Ku isaha ya saa 15:30’ hano i Kigali mu Rwanda ndetse na Lusaka muri Zambia, kuri uyu wa (...)

CAF CC: Rayon Sports vs Wau Salaam FC, 11 babanzamo ku ruhande rwa Rayon Sports Shassir na Djabel ntibarimo

Nyuma y’urugendo rwa masaha atatu mu indege bahagurutse mu Rwanda kuri uyu wa gatanu tariki ya (...)

"Ku munsi wa nyuma hari imwe izagitwara, turimo kurwana ngo tuzageze kuri uwo munsi turi aba mbere." Eric Nshimiyimana

Nyuma yo gutsinda Sunrise mu mukino w’umunsi wa 16 umutoza wa AS Kigali yizeye guhatanira (...)

Ikibuga ntago ari cyiza ariko twese tuzagikiniraho, ibyo si ibisobanuro nidutsindwa - Jimmy Mulisa

Jimmy Mulisa umutoza w’ikipe ya APR FC Azi neza ko ikibuga bazakiniraho n’ikipe ya Zanaco FC mu (...)

AS Kigali itsinze Sunrise ihita ifata umwanya wa gatatu[AMAFOTO]

AS Kigali itangiye igice cya kabiri ya shampiyona ibona amanota 3 nyuma yo gutsinda Sunrise mu (...)

Myugariro w’Amavubi yamaze kubona ubwenegihugu bw’u Bubiligi

Myugariro w’umunyarwanda ukinira ikipe ya AFC Tubise mu cyiciro cya kabiri mu Bubiligi, (...)

Nyuma ya karuhuko gato shampiyona y’umupira w’amaguru igiye kongera gutangira

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru ’Azam Rwanda Premier League ’ nyuma (...)

Masudi afashe icyemezo gikomeye asiga bamwe mu bakinnyi bakomeye muri 18 ahagurukana berekeza muri Sudani y’Epfo

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi 18 ihagurukana nabo kuri uyu wa (...)

Volleyball: Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa FRVB n’umubitsi wayo barafunze (yavuguruwe)

Hatumimana Christian, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa FRVB Umunyamabanga Nshingwabikorwa (...)

Migi yibukije abakinnyi ba APR FC kudatobanga ibigwi n’agahigo ifite ko kudatsindwa

Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya, Mugiraneza Jean (...)

"Icyo nasiga mbabwiye ni uko bazaza kutwakira nitugaruka kuko tuzaza tubazaniye intsinzi." Ngabo Albert

Kapiteni w’ikipe ya APR FC Ngabo Albert, avuga ko urugendo bagiyemo muri Zambia gukina na Zanaco (...)

Abatoza 52 barimo Didier Gomes wahesheje igikombe Rayon sports basabye gutoza Amavubi

Abatoza 52 nibo basabye akazi ko gutoza ikipe y’igihugu Amavubi, muri aba batoza bose bane nibo (...)

Gutungurana mu bakinnyi 18 ba APR FC berekeza muri Zambia

Ikipe ya APR FC yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi 18 ihagurukana nabo berekeza muri Zambia (...)

Rayon Sports yamaze gusesa amasezerano na myugariro wayo

Ishimwe Issa Zappy myugariro w’umunyarwanda wo ku ruhande rw’iburyo wakiniraga ikipe ya Rayon (...)

0 | ... | 12195 | 12210 | 12225 | 12240 | 12255 | 12270 | 12285 | 12300 | 12315 | ... | 12480