skol
fortebet

Imikino

FERWAFA yatangaje igihe shampiyona izatangirira ishyiraho n’ingengabihe

Kuri uyu munsi taliki ya 05 Kanama nibwo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (…)

Vital’o yanyomoje amakuru yo kuzana Masudi Djuma izana umutoza mushya-AMAFOTO

Mu minsi ishize nibwo ibihuha byari byinshi ko nyuma y’aho Masudi Djuma asezereye mu ikipe ya (…)

Barcelona yatangiye urugendo rwo gushaka uzasimbura Neymar

Ubuyobozi bw’ikipe ya FC Barcelona bwatangiye kurambagiza umukinnyi wo gusimbura Neymar Jr (…)

Umukinnyi Rayon sports yifuza gusimbuza savio yageze I Kigali

Bimenyimana Caleb Bonfils wari umaze iminsi avugwa cyane ko ariwe ubuyobozi bwa Rayon Sports (…)

Tuyisenge Jacques arifuzwa n’ikipe ikomeye i Burayi

Umunyarwanda Tuyisenge Jacques ukina mu ikipe ya Gor Mahia mu gihugu cya Kenya arifuzwa cyane (…)

Casa Mbungo yarahiriye kugarura Kiyovu Sports mu makipe ahatana

Umutoza mushya wa Kiyovu Sports Casa Mbungo Andre aratangaza ko yiteguye kugarurira iyi kipe mu (…)

Sugira Ernest yamaze gutandukana n’ikipe ya AS Vita Club

Umunyarwanda Sugira Ernest wari umaze umwaka akinira ikipe ya AS Vita Club yo mu gihugu cya (…)

Bakame yavuze ibyo yifuza ko perezida watowe yazakorera umupira w’amaguru mu Rwanda

Uyu munsi taliki ya 04 Kanama 2017 nibwo abanyarwanda baba mu gihugu batoye umukuru w’igihugu (…)

Ibyo abafana ba Aberdeen bakoreye muri Cyprus ni agahomamunwa (Amafoto)

Mu ijoro ryakeye nibwo habaye umukino wahuje ikipe ya Apollon Limassol yo muri Cyprus na (…)

Reba abakinnyi 10 bamaze kugurwa amafaranga menshi kurusha abandi mu mupira w’amaguru

Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Paris Saint Germain yatangaje ko yamaze gusinyisha umunya Brazil (…)

Karekezi Olivier yavuze ku byo gusinyisha abakinnyi 3 baturutse muri APR FC

Umutoza mushya wa Rayon Sports Karekezi Olivier aratangaza ko ubuyobozi bwa Rayon Sports (…)

Kirehe FC yabonye umutoza mushya

Ikipe ya Kirehe FC ku munsi w’ejo taliki ya 03 Kamana nibwo ikipe ya Kirehe yatangaje ko yamaze (…)

Kiyovu Sports niyo ihawe amahirwe yo kuzakina icyiciro cya mbere umwaka utaha

Uyu munsi taliki ya 03 Kanama 2017 nibwo inkuru ibaye Kimomo mu bakunzi b’umupira w’amaguru ko (…)

Reba abakinnyi 10 bitezwe cyane muri shampiyona y’isi igiye kubera I London (Amafoto)

Kuri uyu wa gatanu taliki ya 04 Kanama 2017 nibwo abakunzi b’imikino ngororamubiri (…)

Reba urutonde rw’abakinnyi 5 b’ibihangange babyaye bakiri ingimbi(Amafoto)

Ntabwo ari igitangaza kumva umukinnyi runaka ari mu rukundo n’umukobwa gusa hari bamwe mu (…)