skol
fortebet

Imikino

Bellingham yafashije Real Madrid kubabaza FC Barcelona

Mu mukino ukurura benshi uhuza Real Madrid na FC Barcelona ’El Clasico’ warangiye Umwongereza (…)

Kiyovu Sports irashinjwa kwanga gukoresha Generator ku mukino wa nijoro yakiriye

Ikipe ya Kiyovu Sports irashinjwa kwanga kugura mazutu yo gukoresha Generator yo kuri Kigali (…)

Perezida wa FERWAFA yaburiye Abasifuzi barimo na AbdoulKharim wahawe Deribi ya APR FC na Rayon Sport

Perezida wa FERWAFA yamaze impungenge abamaze iminsi bahangayikishijwe n’imisifurire mu Rwanda (…)

Antoine Hey yatunguwe n’umutoza bivugwa ko agiye gutoza Amavubi

Umudage wahoze atoza Ikipe y’Igihugu “Amavubi”,Antoine Hey, yatangajwe no kumva ko mwenewabo (…)

Amavubi U15 yirukanye abakinnyi 6 nyuma yo gusanga barabeshye imyaka

Ikipe y’Igihugu y’Abatarengeje imyaka 15 yitegura CECAFA izabera muri Uganda, imaze gusezerera (…)

"Ku bwanjye mfite icyizere ko tuzabatsinda"-Kalisa Rashid avuga ku mukino wa APR FC

Umukinnyi wa Rayon Sports,Kalisa Rashid,yatangaje ko we na bagenzi be biteguye neza mukino (…)

Umuriro warogoye umukino Kiyovu Sports yanyagiyemo Etoile de l’Est

Umukino w’umunsi wa 9 Kiyovu Sports yakiriye ikipe yo mu burasirazubaya Etoile de l’Est,kuri (…)

Kicukiro: Umujyi wa Kigali ugiye gukora inzira zihariye z’abakora siporo n’abanyamaguru

Hirya no hino mu Mujyi wa Kigali hakomeje kubakwa ibikorwa remezo bifasha abatuye uyu mujyi (…)

Umukinnyi ukunzwe muri Basketball mu Rwanda yasezeranye mu mategeko

Visi kapiteni w’ikipe y’igihugu, akaba umukinnyi wa Patriots BBC , Ndizeye Ndayisaba (…)

Niyigena Clement yahishuye icyafasha APR FC gutsinda Rayon Sports

Myugariro wa APR FC, Niyigena Clement, yavuze ko buri mukinnyi wese wa APR FC agomba gutanga (…)

Sergio Ramos yahishuye amakipe abiri meza kurusha ayandi i Burayi ubu

Myugariro Sergio Ramos yirengagije ikipe ya Manchester City,mu makipe abiri meza muri Champions (…)

Umukinnyi wa Newcastle yahawe igihano gikomeye kubera icyaha yakoze

Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Newcastle witwa Sandro Tonali yahagaritswe amezi icumi nyuma (…)

Juvenal yahishuye ikintu gikomeye Kiyovu Sports ikwiye kwigira kuri Rayon Sports

Mvukiyehe Juvenal yavuze ko abayobozi bo muri Kiyovu Sports bakwiye kwicara bakigira byinshi (…)

Umusifuzi wikomwe n’abakunzi ba Rayon Sports niwe wahawe umukino wabo na APR FC

Umusifuzi mpuzamahanga w’umunyarwanda, Twagirumukuzi Abdul Karim ni we wahawe kuzaca impaka ku (…)

Manchester United ishaka kugarura umukinnyi wayo wakunzwe na benshi

Ikipe ya Manchester United irimo gushakisha uko yagarura uwari umunyezamu wayo David de Gea kuri (…)