skol
fortebet

Imikino

BAL2023: Umwanya wa gatatu wegukanywe na Stade Malien yakuyemo Petro de Luanda

Stade Malien yatsinze Petro de Luanda amanota 73-65 yegukana umwanya wa gatatu mu mikino ya (…)

Uburundi bwanze ubusabe bwa FERWAFA kuri rutahizamu wahamagawe n’Amavubi

Federasiyo y’u Burundi yandikiye FERWAFA iyisubiza ko itazayiha umukinnyi Ndikumana Danny ngo (…)

Ikipe Onana agiye kwerecyezamo yamenyekanye

Rutahizamu Leandre Esombe Willy Onana ashobora gusezerera ikipe ya Rayon Sports akerecyeza muri (…)

Aya niyo mahirwe ahabwa Rayon Sports , Kiyovu Sports na APR FC ku gikombe cya cya Shampiyona

Abakunzi baruhago mu Rwanda bose bahanze amaso ku ikipe izegukana igikombe cya Shampiyona hagati (…)

Umunyabigwi muri Brazil Ronaldinho yahishuye abakinnyi 3 beza kurusha Lionel Messi

Umunya-Brazil wabiciye bigacika muri ruhago, Ronaldinho yavuze ko atakwihandagaza ngo avuge ko (…)

Ndikumana Danny yahamagawe mu Mvubi nyuma yo kwigaragaza mu mikino ya EAPCCO

U Rwanda rwandikiye u Burundi rusaba ko Ndikumana Danny ukinira Rukinzo FC yakemererwa kwitabira (…)

U Rwanda rwasinye amasezerano azatuma rwakira Afrobasket y’Abagore

Binyuze muri Minisiteri ya Siporo, u Rwanda n’Ishyirahamwe rya Basketball muri Afurika (FIBA), (…)

Amagare: U Burasirazuba bugiye kuberamo isiganwa ry’iminsi ibiri

Mu Ntara y’u Burasirazuba n’utundi Turere tutari utwo muri iyi Ntara, hagiye kubera isiganwa (…)

BAL 2023: Bigoranye,Al Ahly yasanze AS Douanes ku mukino wa nyuma

Mu mukino utari woroshye na gato, Al Ahly yo mu Misiri yageze ku mukino wa nyuma w’Irushanwa rya (…)

Bugesera yigomwe itike yo kwinjira ku mukino izakira mo AS Kigali

Ubuyobozi bw’ikipe ya Bugesera FC, bwatangaje ko bwatangaje ko umukino iyi kipe izakira AS (…)

Iniesta ugiye gusezera muri Vissel Kobe yijeje gukomeza Ruhago

Andres Iniesta wahoze akina hagati mu ikipe ya Barcelona no mu ikipe y’igihugu ya Espagne, muri (…)

Umuyobozi wa Kiyovu yongeye kurema agatima abayovu bamaze igihe mugahinda

Nyuma y’ahandinda gakomeye Abayovu bamaranye iminsi , Perezida wayo Mvukiyehe Juvénal, (…)

KNC yatangaje ko agiye kwegura ku buyobozi bwa Gasogi United

Umunyamakuru wa Radio/Tv1 Kakoza Nkuriza Charles (KNC) yahishuye ko ari munzira isezera (…)

Imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Amahoro Izifashishwa mu gutabara abibasiwe n’ibiza

Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ibiciro byo kwinjira ku mukino wa nyuma (…)

Abakekwaho gukorera irondaruhu Vinicius Junior batangiye gutabwa muri yombi

Ku wa Kabiri tariki 23, Polisi yo mu Mujyi wa Madrid yatangaje ko yataye muri yombi abantu (…)