skol
fortebet

Imikino

Umwe muri ba nyiri Man United ngo ntashaka ko igurishwa kandi yarashyizwe ku isoko

Umwe muri ba nyiri Manchester United witwa Avram Glazer biravugwa ko adashaka kugurisha iyi (…)

Antonio Conte yatandukanye na Tottenham yari ataangiye gusebya

Umutaliyani Antonio Conte yatandukanye n’ikipe ya Tottenham mu ijoro ryakeye nyuma y’umwaka mubi (…)

. Niyonkuru Samuel yegukanye isiganwa ry’amagare ryabereye ku mucanga

Niyonkuru Samuel ukinira ikipe y’Amagare ya Inovotec yegukanye Kivu Belt Race 2023 atanze ku (…)

Minisitiri Munyangaju yasabye Amavubi kuzumvisha Benin

Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa yasuye Ikipe y’Igihugu Amavubi ayisaba kuzatsinda (…)

Intare FC yanze gukina umukino wa Rayon Sports isaba FERWAFA kuzawikinira

Mu ibaruwa Intare FC yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA,yavuze ko (…)

Arsenal igiye kurekura abakinnyi barindwi bayobowe na Nicolas Pepe

Ikipe ya Arsenal yiteguye gukubura bamwe mu bakinnyi idakeneye barangajwe imbere na kizigenza (…)

FERWAFA yimye ishingiro ikirego cya Intare FC itangaza igihe izakinira na Rayon Sports

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryamenyesheje Intare FC ko ubusabe bwayo (…)

Perezida wa FC Barcelona yiyemeje kugarura Lionel Messi

Perezida wa FC Barcelona,Joan Laporta,yavuze ko umuryango uhora ufunguye kuri Lionel Messi ngo (…)

Alexis Sanchez yahishuye ikintu gitangaje Jose Mourinho yamushukishije kigatuma yerekeza muri Man United

Umunya Chile,Alexis Sanchez yahishuye ko umutoza Jose Mourinho yashoboye kumuhindura ibitekerezo (…)

U Rwanda na Benin bazakinira kuri Kigali Pele Stadium nta mufana kuwa Gatatu [Yavuguruwe]

Mu gihe hari hakiri urujijo ku kibuga kizaberaho umukino w’u Rwanda na Benin mu gushaka itike (…)

KNC yasabye Perezida wa FERWAFA kwirukana abo yise ’ingwizamurongo’ashinja kwica umupira

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC, mu mvugo yuzuye uburakari (…)

Habonetse gihamya ifatika igaragaza ko Amavubi azakinira na Benin i Huye

Mu gihe hari hakiri urujijo ku kibuga kizaberaho umukino w’u Rwanda na Benin mu gushaka itike (…)

Abanya Benin bari gusubiranamo kubera umukino n’u Rwanda

Amakuru aravuga ko abashinzwe umupira muri Benin batari kumvikana ku cyemezo cyo kuza mu Rwanda (…)

Umutoza w’Amavubi yageze mu Rwanda akubita agatoki ku kandi

Saa Sita n’iminota 20 z’ijoro ryo kuri uyu wa Kane ushyira uwa Gatanu, tariki ya 24 Werurwe (…)

Cristiano Ronaldo na Harry Kane bakoze uduhigo dushya mu ikipe y’igihugu

Kizigenza Cristiano Ronaldo yakoze agahigo gashya ko kuba umukinnyi ukiniye imikino myinshi (…)