skol
fortebet

Imikino

Ikipe y’u Rwanda y’abaterengeje 13 yakiriwe mu buryo butangaje i Kigali(AMAFOTO)

Ikipe y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 13 iherutse kwegukana igikombe cy’Isi mu mikino yateguwe (…)

Marcus Rashford yambitse impeta umukobwa bakundanye kuva mu bwana [AMAFOTO]

Rutahizamu Marcus Rashford yambitse impeta umukunzi we bakundanye bakiri umwana,amusaba ko (…)

Amakipe yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2022 yamaze kumenyekana

Ikipe ya US Monastir yo muri Tuniziya yihimuye kuri Zamalek, yayitsinze ku mukino wa nyuma wa (…)

Jose Mourinho yakoze agahigo gakomeye nyuma yo guhesha AS ROMA igikombe cya mbere cya Europa Conference League

Umunya Portugal,Jose Mourinho yabaye umutoza wa mbere utwaye ibikombe byose bikinirwa I Burayi (…)

Perezida wa Kiyovu Sports yahishuye igishobora kuzaba nibadatwara igikombe cya Shampiyona

Mvukiyehe Juvenal, uhagarariye ikipe ya Kiyovu Sports yahishuye ingamba afite mu gihe ikipe ye (…)

Bitunguranye Jado Castar yeguye muri FRVB ku mpamvu zikomeye

Umunyamakuru Bagirishya Jean De Dieu uzwi ku izina rya Jado Castar yatangaje ko yeguye ku mirimo (…)

Klopp yatsinze Pep Guardiola ku gihembo cy’umutoza mwiza w’umwaka

Umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp niwe watowe nk’umutoza w’umwaka w’imikino wa 2021-2022 mu (…)

Mu myambarire yihariye abakinnyi b’Amavubi bitabiriye umwiherero [AMAFOTO]

Abakinnyi b’Amavubi bakina hano mu Rwanda biyongeyeho Bizimana Djihad batangiye umwiherero kuri (…)

Kylian Mbappe yahishuye impamvu ikomeye yatumye yemeye kuvugana na Liverpool

Kylian Mbappe yatangaje ko yagiranye ibiganiro na Liverpool kugira ngo ayerekezemo inshuro (…)

Ten Hag yahishuye ikintu gikomeye yiteze kuri Cristiano Ronaldo ashaka gutoza

Umutoza mushya wa Manchester United, Erik iTen Hag yemeje ko Cristiano Ronaldo ari muri gahunda (…)

Kylian Mbappe yavuze impamvu yanze kwerekeza muri Real Madrid,yiyemeza kuyikorera ikintu gikomeye

Kylian Mbappe yatangaje ko azashyigikira Real Madrid ku mukino wa nyuma wa Champions League muri (…)

Kiyovu Sports yongeye kuzibukira igikombe cya shampiyona iharira APR FC

Ikipe ya Kiyovu Sports yaherukaga gutsinda APR FC impundu zigataha I Nyamirambo n’ahandi hose (…)

APR FC yatsinze Gorilla FC bigoranye cyane

Ikipe ya APR FC yatsinze Gorilla FC ibitego 2-1 bigoranye, ikomeza kuyobora urutonde rwa (…)

Ishuri rya PSG ry’u Rwanda muri U-13 ryegukanye igikombe cy’isi

Ishuri rya PSG ryo mu Rwanda U13 rimaze kwegukana igikombe mu irushanwa ry’amashuri y’umupira (…)

Kwizera Olivier yongeye kwitwara nabi muri Rayon Sports

Umutoza wa Rayon Sports Jorge Paixã yatangaje ko umunyezamu Kwizera Olivier yabatabye mu nama (…)