skol
fortebet

Imikino

Cristiano n’umugore we bashimiye abafana ba Liverpool babakoze ku mutima

Cristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodriguez bashimiye abafana b’ikipe ya Liverpool nyuma (…)

AFCON2023: Amavubi yaje mu itsinda rimwe na Senegal , menya urutonde rwa tombola

Tombola yo gushyira ibihugu mu matsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2023 kizabera (…)

Malaika wari wahindukiriye APR FC yisubiye asaba imbabazi

Umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports Malaika aherutse kugaragara arimo afana APR FC avuga ko (…)

Umuyobozi wa APR FC yatangaje ko Kapiteni Jacques agomba guhanwa bitandukanye

Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko kapiteni w’iyo kipe, Jacques Tuyisenge, ari mu bihano (…)

Umuhugu wa Cristiano Ronaldo yitabye Imana

Rutahizamu wa Manchester United na Portugal, Cristiano Ronaldo ari mu gahinda gakomeye nyuma (…)

Kiyovu yavuzeko itazarekura ku gikombe Cya Shampiyona

Francis Christian Umutoza wa SC Kiyovu, yavuze ko yizera ko ikipe ye izasubira inyuma nyuma yo (…)

Umukinnyi wa Manchester United yarokotse impanuka y’imodoka ubwo yaragiye mu myitozo

Umukinnyi ukinira ikipe ya Manchester United Bruno Fernandes yarokotse impanuka y’imodoka ubwo (…)

Malaika wari umufana wa Rayon sports ukomeye yayisezereye ajya muri APR FC

Malaika wamenyekanye nk’umufana udasanzwe w’ikipe ya Rayon Sports yagaragaye afana APR FC avuga (…)

Cristiano Ronaldo yongeye kwandika amateka muri ruhago yahabwa igihembo cy’akayabo

Umunyabigwi muri ruhago Cristiano Ronaldo ,nyuma yo gufasha Manchester United gutsinda Norwich (…)

Umunsi wa 23 wa Champiyona usize kiyovu sport itsikiye murugendo ruyiganisha ku gikombe

Kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Mata 2022 saa cyenda zuzuye, ikipe ya Gasogi United mu mukino (…)

Police Fc itsinze Musanze Fc biyihesha amanota 3

Umukino wa 23 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino 2022-23.2022, (…)

Igikombe cy’amahoro: Umukino wari kuzahuza Rayon Sports na Musanze Fc wajemo imiduka zituguraye

Umukino uzahuza Rayon Sports na Musanze FC mu mikino y’igikombe cy’Amahoro wahinduriwe amasaha (…)

Abakinnyi ba Arsenal bifatanyije n’abanyarwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

Abakinnyi ba Arsenal FC bafashe mu mugongo Abanyarwanda mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 28 (…)

Menya icyakuye Jaques Tuyisenge mu mwiherero, Umutoza wa APR FC afata nk’ikosa rikomeye uyu mukinnyi yakoze

Adil Erradi Mohammed umutoza wa APR FC yavuze ko kubona Jaques Tuyisenge yikura mu mwiherero (…)

Ikipe y’Uburusiya yahagaritse ikirego ku bihano bafatiwe na FIFA

Urukiko Mpuzamahanga Nkemurampaka muri Siporo, rwatangaje ko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru (…)