skol
fortebet

Imikino

Amavubi yakoze imyiteguro ya nyuma yo kwitegura guhangana na Guinea

Kuri iki cyumweru tariki ya 02 Mutarama 2022, Amavubi yakoze imyitozo ya nyuma yo kwitegura (…)

Umukinnyi wakunzwe cyane muri Real Madrid akaba n’inshuti ya Cristiano Ronaldo yabaye umurobyi

Uwahoze ari myugariro wa Real Madrid,Fabio Coentrao ari kubaho inzozi yahoranye zo kuba umurobyi (…)

Thomas Tuchel yavuze amagambo yuzuyemo gutinya cyane Man City

Umutoza Thomas Tuchel yemeye ko bishobora gutwara Chelsea igihe kirenze uyu mwaka w’imikino (…)

Kyle Walker yashyingiranwe n’umukunzi we yaciye inyuma kenshi

Myugariro Kyle Walker yashyingiranwe rwihishwa n’ umukunzi we bakundanye bakiri abana nubwo (…)

Real Madrid irashaka kugurira icyarimwe abakinnyi 2 bifuzwa cyane kurusha abandi muri ruhago

Amakuru atangazwa na ESPN aravuga ko ikipe ya Real Madrid iri kugerageza gushaka uko yasinyisha (…)

Umutoza Tuchel yarakariye cyane Lukaku uheruka kumuteza itangazamakuru

Umutoza wa Chelsea Thomas Tuchel yavuze ko atishimiye ibyo Romelu Lukaku yavugiye mu kiganiro (…)

Abahinde bigaragambije bikomeye bashaka ko igishushanyo cya Cristiano Ronaldo cyashyizwe mu mujyi wabo gisenywa

Igishushanyo gishya cya Cristiano Ronaldo cyateje uburakari abaturage bo mu Buhinde bituma (…)

Neymar Jr yatangiriye umwaka mushya atwara irushanwa ry’umukino usa n’urusimbi

Umunyabirori Neymar Jr yerekanye ko imbago zitatuma atajya kwishimisha ko asoje umwaka (…)

MINISPORTS ishobora kugabanya igihe yari yasubitse imikino

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko hari ibyo yasabye abayobozi b’amakipe ndetse ngo iminsi 30 (…)

Munyakazi Sadate yandikiye Minisitiri wa Siporo anenga icyemezo cyo gusubika shampiyona

Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate,yagaragaje agahinda yatewe no kuba (…)

Thierry Henry yahishuye abakinnyi 4 ba United bamushimishije muri uyu mwaka

Umunyabigwi mu ikipe ya Arsenal,Thierry Henry yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi bane gusa ba (…)

Myugariro wa Manchester City yakomerekejwe ku jisho n’ibisambo byamuteye iwe

Myugariro wa Manchester City,Joao Cancelo,ntabwo yarangije umwaka neza kuko yatewe n’ibisambo mu (…)

Imikino itandukanye irimo na shampiyona y’u Rwanda yahagaritswe iminsi 30

Kubera kwiyongera gukabije k’ubwandu bw’icyorezo cya Covid-1 mu Rwanda, Shampiyona y’Umupira (…)

Guinea yiganjemo abasore bakoze umubiri yatangiye imyitozo i Kigali [AMAFOTO]

Ikipe y’igihugu ya Guinea yitwa Sylli National itozwa na Kaba Diawara, yatangiye imyitozo kuri (…)

Rutahizamu ukomoka muri Brazil wasinyiye Rayon Sports akabura ibyangombwa yabibonye

Rutahizamu Chrismar Malta Soares utari warabonye ibyangombwa bimwemerera gukina muri Rayon (…)