skol
fortebet

Imikino

Adele yahishuye ibanga ritangaje ryatumye atakaza ibiro 45 n’akaga "gatanya" yamusigiye

Adele yavuze ko "yakojejwe isoni" na gatanya, mu kiganiro cyihariye kandi kirambuye yagiranye na (…)

Rayon Sports yamaze kumvikana n’undi muterankunga mushya

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwibikaho abaterankunga, yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na (…)

Cristiano Ronaldo yarize cyane nyuma yo guhemukirwa na Serbia

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yagaragaye ari kurira nyuma y’aho Seribiya itsindiye Portugal mu (…)

Kylian Mbappe yakoze agahigo mu Bufaransa kaherukaga mu 1958

Rutahizamu w’Ubufaransa Kylian Mbappe yaraye atsinze ibitego 4 mu mukino igihugu cye (…)

Ubushuti bwa Lionel Messi na Sergio Ramos bwaranze na nyuma yo guhurira muri PSG

Amakuru avuga ko Lionel Messi na Sergio Ramos ’atari inshuti zikomeye’ mu rwambariro rwa Paris (…)

Rafael York yavuze icyatumye ava mu ikipe y’igihugu mu buryo budasobanutse

Umukinnyi Rafael York ukinira u Rwanda hagati mu kibuga ariko asatira,yatangaje ko yavuye mu (…)

Umwana muto winjiye mu kibuga agahabwa umupira na Cristiano Ronaldo yavuze imvune yagize ngo abigereho

Umukobwa ukiri muto byavugwaga ko yaciwe amande kubera kwinjira mu kibuga kugira ngo asabe (…)

KNC yasaruye asaga miliyoni 150 FRW mu muhango wo kugurisha imyenda ya Gasogi United

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 12 Ugushyingo 2021, ikipe ya Gasogi United yakoze ibirori (…)

Rafael York yavuye mu mwiherero w’ Amavubi kubera impamvu zitazwi

Umukinnyi Rafael York ukina mu kibuga hagati asatira izamu ntabwo azagaragara mu mukino u Rwanda (…)

Jack Grealish arashinjwa guca inyuma umukunzi we bakundanye bakiri mu bugimbi

Rutahizamu Jack Grealish W’Ubwongereza na Manchester City arashinjwa gusohokana mu ibanga (…)

Hatangajwe umutoza uhabwa amahirwe menshi yo gusimbura Ole muri Manchester United

Amakuru aravuga ko umutoza wa Leicester City,Brendan Rodgers,yashyizwe imbere nk’umutoza uhabwa (…)

Wa mukobwa ukinira PSG washinjwaga guteza abagizi ba nabi mugenzi we bakinana yarekuwe

Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Paris St-Germain y’abagore,Aminata Diallo, yarekuwe nta cyaha (…)

Umukinnyi wa mbere wa FC Barcelona wahawe ibihano na Xavi yamenyekanye

Umukinnyi wa Mbere wa FC Barcelona wagonzwe n’amategeko 10 ya Xavi ni Umufaransa Ousmane (…)

Sergio Aguero yasabwe guhagarika umupira w’amaguru kubera uburwayi bukomeye yasanganwe

Raporo itunguranye muri Espagne ivuga ko Sergio Aguero ashobora kuba agiye kureka umupira (…)

Cristiano Ronaldo yakoze benshi ku mutima kubera amafoto yashyize hanze ari gukina n’umukobwa we wagize isabukuru

Kuri uyu wa Gatanu,umukobwa Cristiano Ronaldo yabyaranye na Georgina Rodriguez witwa Alana (…)