skol
fortebet

Imikino

Alexander Zverev wa 4 ku isi muri Tennis ari gukorwaho iperereza ku cyaha cyo gukubita umukunzi we

Mu mwaka ushize,Olga Sharypova, wahoze akina Tennis mu bakiri bato, yashinje ku mugaragaro (…)

Bamwe mu bakinnyi ba NBA batangiye kwisubiraho bafata urukingo rwa Covid-19 bari banze

Andrew Wiggins ukinira Golden State Warriors yakingiwe Covid-19 nyuma y’uko NBA yanze ubusabe (…)

Iradukunda Jean Bertrand yerekeje mu ikipe ikomeye muri Botswana

Rutahizamu w’Ikipe y’igihugu Amavubi, Iradukunda Jean Bertrand, wakiniraga Gasogi United, (…)

Kwizera Olivier yavuze akayabo akeneye kugirango agaruke muri Rayon Sports

Umunyezamu Kwizera Olivier yabwiye umutoza Irambona Masudi Djuma ko kugira ngo agaruke muri (…)

Zlatan Ibrahimovic yizihije isabukuru y’imyaka 40 mu buryo budasanzwe

Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic yizihije isabukuru ye y’imyaka 40 mu buryo bwihariye agura imodoka (…)

Bizimana Djihad ntazakinira u Rwanda mu mikino 2 ya Uganda

Umukinnyi wo Hagati w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi na KMSK Deinze yo mu Cyiciro cya Kabiri mu (…)

PSG irimo Neymar Jr,Messi na Mbappe yatsinzwe umukino inanirwa no gutera mu izamu na rimwe

Ikipe ya PSG yatunguye isi yose kuko mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere muri mu (…)

Myugariro wa Arsenal yakuwe iryinyo n’abakinnyi ba Brighton ajya kurishaka umukino urangiye

Myugariro wa Arsenal,Gabriel, yatakaje irindi ryinyo mu mukino ikipe ye yanganyijemo na Brighton (…)

Townsend yatangaje impamvu yatsinze igitego United akacyishimira nka Cristiano Ronaldo

Rutahizamu wa Everton,AndrosTownsend yashimangiye ko atigeze ashaka kwishima hejuru Cristiano (…)

CAF yemereye u Rwanda kurwubakira Stade yo ku rwego mpuzamahanga

Umuyobozi wa FERWAFA,Nizeyimana Olivier,yatangaje ko CAF yemeye kuzubakira u Rwanda stade nini (…)

Klopp yanenze cyane abakinnyi banze gufata urukingo rwa Covid-19

Umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp avuga ko atumva impamvu abantu bamwe banga kwiteza urukingo (…)

Abanyamahanga Rayon Sports yazanye bayifashije gutsinda AS Kigali

Abakinnyi 2 Rayon Sports yatijwe na Raja Casablanca kongeraho umunya Cameroon,Essomba Willy (…)

Ronald Koeman utoza Barcelona ngo ’arambiwe’ kwisobanura ku gutsindwa ku ikipe

Ronald Koeman, umutoza wa Barcelona uri ku gitutu, avuga ko "arambiwe" gusabwa kwisobanura. (…)

Mino Raiola yakanze PSG yifuza umukinnyi we Erling Haaland mu mpeshyi itaha

Ikipe ya Paris Saint-Germain yabwiwe ko igomba gutegura umushahara wa miliyoni 43 zamapawundi ku (…)

Abajura bateye Hoteli Messi n’umuryango we bacumbitsemo biba ibintu by’agaciro

Abajura bari bambaye uduhishasura[masks] bibye imikufi myinshi ihenze n’amafaranga muri hoteri (…)