skol
fortebet

Imikino

Louis van Gaal yahishuye urutonde rw’abakinnyi 10 bakomeye ku isi yifuje kugurirwa muri Manchester United

Uwahoze ari umutoza wa Manchester United, Louis van Gaal,yatangaje ko akiri muri iyi kipe yifuje (…)

Kevin de Bruyne yahishuye inama yagiriye Riyad Mahrez watsinze igitego cyashyize mu bibazo PSG

Mu ijoro ryakeye nibwo habaye umukino wa kabiri ubanza wa ½ cya UEFA Champions League aho PSG (…)

KNC yahaye ubutumwa Rayon Sports n’andi makipe bari kumwe mu itsinda

Umuyobozi wa Gasogi United akaba na nyirayo,Kakoza Nkuriza Charles,yatangaje ko amakipe bari (…)

Abakinnyi 5 bazaba bagize Team Rwanda na Benediction muri Tour du Rwanda 2021 bamenyekanye [Yavuguruwe]

Harabura iminsi 2 gusa kugira ngo Tour du Rwanda 2021 itangire aho izitabirwa n’amakipe 16 arimo (…)

Umukobwa washinje Cristiano Ronaldo kumufata ku ngufu muri 2009 yamusabye akayabo k’amafaranga

Umunyamerikakazi witwa Kathryn Mayorga washinje Cristiano Ronaldo kumufata ku ngufu bari muri (…)

Manchester City yateye intambwe ikomeye iyerekeza ku mukino wa nyuma wa Champions League

Ikipe ya Manchester City yakoze ibyo benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru batatekerezaga (…)

APR FC yanyagiye Mukura VS yatengushywe n’umunya Ghana iherutse gusinyisha

Ikipe ya APR FC ikomeje kugira imyiteguro myiza yo kwitegura shampiyona y’uyu mwaka izatangira (…)

Umugore wa Thiago Silva yibasiye Timo Werner ukomeje kuba kabuhariwe mu guhusha ibitego byabazwe

Umugore wa myugariro Thiago Silva witwa Isabelle da Silva, yibasiye cyane rutahizamu wa Chelsea (…)

Abakinnyi n’abatoza ba Rayon Sports bashyiriweho agahimbazamushyi gahanitse

Abakinnyi ba Rayon Sports bemerewe agahimbazamusyi ka miliyoni 17 n’uruganda rwa SKOL Rwanda (…)

Umuherwe waguze ikipe ya Arsenal yasohoye itangazo rirashegesha abafana ba Arsenal

Umuherwe waguze Arsenal, Stan Kroenke,yasohoye itangazo rivuga ko atazigera agurisha iyi kipe (…)

Igisimba kimeze nk’ingona cyarogoye imyitozo y’ikipe yiteguraga CONCACAF Champions League

Ikipe ya Toronto FC yo muri Canada yahagaritse imyitozo bitunguranye mu ijoro ryo kuwa (…)

Chelsea FC yahagamye Real Madrid yahabwaga amahirwe

Ikipe ya Chelsea yakoze ibyo benshi batatekerezaga mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions (…)

Rayon Sports yavuze ku bivugwa ko Kwizera Olivier yasinyiye Police FC mu ibanga

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Mata 2021,amakuru yacaracaye mu binyamakuru no (…)

Akayabo Rayon Sports yahaye abakinnyi 2 iheruka gusinyisha kamaze kumenyekana

Mu cyumweru gishize nibwo Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije Muhire Kevin na Heritier (…)

Cristiano Ronaldo udashaka gukina Europa League arashakwa n’amakipe 2 y’ibigugu

Rutahizamu Cristiano Ronaldo ntashaka kuzaguma muri Juventus niramuka itabonye itike yo gukina (…)