skol
fortebet

Imikino

Muhadjiri yateye umugongo Rayon Sports asinyira AS Kigali

Rutahizamu HAKIZIMANA Muhadjiri wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba Rayon Sports yamaze kuba (…)

Aubameyang yemeye kongera amasezerano nyuma yo kumva ko Arsenal igiye gusinyisha abakinnyi bakomeye ihereye kuri Willian

Rutahizamu akaba na kapiteni wa Arsenal,Pierre-Emerick Aubameyang yemeye kongera amasezerano (…)

FERWAFA yashyize hanze igihe imikino mu byiciro byose izatangirira n’igihe izasorezwa

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko shampiyona y’u Rwanda (Rwanda (…)

Lionel Messi yahaye ubutumwa Iker Casillas wasezeye ku mupira w’amaguru

Kizigenza mu mupira w’amaguru,Lionel Messi,yasingije cyane uwari umunyezamu wa Real Madrid,Iker (…)

Abayobozi ba Kiyovu Sports bashyize barumvikana nyuma y’iminsi mu bushyamirane

Inama yaraye ihuje abagize nyobozi ya Kiyovu Sports yaraye igeze ku mwanzuro mwiza wo guhuza (…)

Wayne Rooney yashinje Sir Alex Ferguson kubatsindisha ku mikino 2 ya nyuma ya UEFA Champions League bahuye na FC Barcelona

Rutahizamu Wayne Rooney wamenyekanye cyane mu ikipe ya Manchester United yanenze cyane uwahoze (…)

Umugore wa Didier Drogba yatangaje amwe mu mabanga y’urugo rwabo

Umugore wa Didier Drogba witwa Lalla Diakité,ukomoka mu gihugu cya Mali mu muryango w’uwahoze (…)

Iker Casillas yasezeye ku mupira w’amaguru yubatsemo amateka atazibagirana

Umunyezamu w’umunyabigwi,Iker Casillas Fernández wakoze amateka mu ikipe ya Real Madrid (…)

Karekezi Olivier avuga ko atazaza gutoza Kiyovu Sports ikirimo umwuka mubi

Umutoza mushya wa Kiyovu Sports,Karekezi Olivier,yatangaje ko nubwo afite itike yo kuza mu (…)

Danny Rose wa Tottenham arambiwe kubazwa n’abapolisi niba imodoka ye atari inyibano

Danny Rose, myugariro w’ikipe ya Tottenham Hotspur yo muri Premier League avuga ko arambiwe (…)

Arsene Wenger yatangaje amakipe 2 aha amahirwe yo kwegukana UEFA Champions League y’uyu mwaka

Uwahoze ari umutoza wa Arsenal,Arsene Wenger usigaye akundwa na benshi mu busesenguzi yavuze ko (…)

Abakinnyi ba APR FC basabwe kwiha intego yo gukomeza gutwara ibikombe no kugera kure mu mikino ya CAF

Visi Perezida wa APR FC,Afande Mubarakh yashimiye abakinnyi uko bitwaye 2019-2020, abasaba (…)

Sibomana Patrick na bagenzi be 6 basezerewe muri Yanga Africans

Ikipe ya Yanga Africans yo mu gihugu cya Tanzania yamaze gusezerera abakinnyi 7 bari bafitanye (…)

Umukinnyi Niyonzima Olivier Sefu yamaze gushyira hanze igihe azakorera ubukwe

Umukinnyi wa APR FC,Niyonzima Olivier uzwi ku izina rya Seif yamaze gutangaza ko tariki ya 06 (…)

Arsenal irashaka kugurisha abakinnyi 9 bakomeye kugira ngo ibashe kuzana 3 yifuza

Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta, arifuza kubaka ikipe ye no guhindura uburyo bwe bw’imikinire (…)