skol
fortebet

Imikino

Umukinnyi ukomeye mu iteramakofe yari agiye guhagarikwa imyaka 4 azira gukorana imibonano mpuzabitsina n’umugabo wanyoye imiti itemewe

Umunyamerikakazi witwa Virginia Fuchs w’imyaka 32 ukina iteramakofe yahuye n’uruva gusenya ubwo (…)

Munyakazi Sadate yatangaje ko bamaze kugura abakinnyi 5 barimo n’uwakiniraga Gicumbi FC

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko bwamaze kumvikana n’abakinnyi 5 bashya ndetse (…)

Perezida Sadate yakuriweho ibihano bikomeye yari yahanishijwe na FERWAFA

Komisiyo yUbujurire y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yakuyeho ibihano byari (…)

Abafana FC Porto bakoze agashya kaciye ibintu ku isi yose

Abafana b’ikipe ya FC Porto bakoze agashya kadasanzwe ubwo buriraga stade y’ikipe yabo bafite (…)

Neymar Jr ari mu mazi abira nyuma yo gutuka umukunzi wa nyina usanzwe akundana n’abagabo bagenzi be

Rutahizamu wa PSG,Neymar Jr ari mu mazi abira nyuma yo kuregwa n’umuryango urengera abatinganyi (…)

Mario Balotelli yahuye n’uruva gusenya ubwo yari agarutse mu myitozo [AMAFOTO]

Rutahizamu Mario Balotelli wo mu ikipe ya Brescia yo mu kiciro cya mbere mu Butaliyani yahuye (…)

Frank Lampard mu nzira yo kugurisha abakinnyi babiri bakomeye kugira ngo abasimbuze abo ashaka kugura

Umutoza wa Chelsea, Frank Lampard,aravugwaho gushaka amaraso mashya ariko y’abakinnyi bakiri (…)

Padiri ushinjwa gusambanya umwana w’umukobwa yahakanye ibyo yashinjwe ko asiramuye kandi atari byo

Padiri Dukuzumuremyi Jean Leonard uregwa gusambanya umwana w’imyaka 17 akamutera inda, uyu munsi (…)

Raheem Sterling yagaragaje ukuntu Abongereza bakumiriye abatoza b’Abirabura bakizamurira abazungu

Rutahizamu wa Manchester City,Raheem Sterling yavuze ko hakwiriye iringaniza hagati y’abatoza (…)

Rayon Sports yishyuye Oumar Sidibe wari mu nzara za Kiyovu Sports ihita imugira Visi Kapiteni

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangwaje ko bwamaze kwishyura Omar Sidibé amafaranga yose yari (…)

Biravugwa: APR FC yaguze Bizimana Yannick akayabo k’amamiliyoni muri Rayon Sports

Ikipe ya APR FC biravugwa ko yongeye kugura umukinnyi Rayon Sports yagenderagaho kuko yaguze (…)

APR FC yamenyeshejwe igihe igomba gutangira urutonde rw’abakinnyi izakoresha muri CAF Champions League

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Africa (CAF),yamenyesheje amakipe yegukanye (…)

Wesley Sneijder yatangaje ikintu gitangaje cyatumye atagera ku rwego rumwe na Cristiano Ronaldo na Messi

Kizigenza w’Umuholandi witwa Wesley Sneijder yavuze ko yari afite ubuhanga bwo kugera ku rwego (…)

Munyakazi Sadate yageneye ubutumwa abanenga imikorere ye anahishura ahazaza ha Rayon Sports

Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Munyakazi Sadate,yandikiye ubutumwa abafana abamenyesha ko (…)

Wilfried Zaha yavuze ku byavuzwe ko yabuze umwanya muri Manchester United kubera gusambana n’umukobwa w’umutoza we

Umunya Cote d’Ivoire ukina asatira mu ikipe ya Crystal Palace, Wilfried Zaha yavuze ko mu ikipe (…)