skol
fortebet

Imikino

Cristiano Ronaldo yavuze ikintu gikomeye arusha Messi ndetse anahishura uko abona imikinire ye

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus mu Butaliyani yatangaje ko ikintu (…)

Myugariro Makenzi yatangaje akarengane yari agiye guhura nako mbere ya AFCON 2019 katumye asezera mu ikipe y’igihugu

Myuhariro Nizigiyimana Abdoul Karim uzwi nka Makenzi wamenyekanye mu ikipe ya Rayon Sports mu (…)

Rayon Sports yasabye ko umukino wo kwishyura na Al Hilal washyirwa mu kindi gihugu kubera umutekano

Ubuyobozi bwa Rayon Sports butewe impungenge n’umutekano wo muri Sudani ariyo mpamvu bwafashe (…)

Real Madrid yatunguye benshi kubera umushahara uhanitse yahaye Neymar Jr kugira ngo ayerekezemo

Ikipe ya Real Madrid irifuza ko umunya Brazil Neymar Jr yatera umugongo FC Barcelona yifuza (…)

Mohamed Salah yakoze benshi ku mutima kubera ibyo yakoreye akana kakomeretse cyane kari kwiruka inyuma y’imodoka ye [Amafoto]

Umwana muto witwa Louis Fowler w’imyaka 11 yaciye ibintu hirya no hino mu binyamakuru kubera (…)

PSG yaciye ibya mirenge FC Barcelona yifuza bikomeye Neymar Jr watangiye gutukwa n’abafana

Ibiganiro bya FC Barcelona na PSG byahagaze nyuma y’aho iyi kipe yo mu mujyi wa Paris isabye (…)

Akayabo Rayon Sports yakuye ku mukino wayihuje na Al Hilal kamenyekanye

Abakunzi ba ruhago mu Rwanda biganjemo aba Rayon Sports baraye bitabiriye ku bwinshi umukino (…)

Minisitiri Nduhungirehe yavuze icyo Rayon Sports na AS Kigali zakora ngo zikomeze anasabira ibihano abaha indangamuntu abakinnyi b’ Abarundi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu (…)

Jose Mourinho yatumye benshi bacika ururondogoro kubera ukuntu yibasiye Manchester United na Arsenal

Uwahoze ari umutoza wa Manchester United,Jose Mourinho uri guca ibintu mu busesenguzi ari gukora (…)

Frank Lampard yasubije Jose Mourinho wibasiye abakinnyi be nyuma yo kunyagirwa na Manchester United

Umutoza mushya wa Chelsea FC,Frank Lampard watangiye akazi ke ahabwa ikaze ribi cyane na (…)

Frank Lampard na Chelsea bakiriwe nabi cyane muri Premier League y’uyu mwaka

Umutoza mushya wa Chelsea,Frank Lampard, atangiye nabi akazi kuko ku munsi wa mbere wa Premier (…)

Rayon Sports yananiwe gusubiramo amateka yakoreye kuri Al Hilal mu myaka 25 ishize

Ikipe ya Rayon Sports inaniwe kwibikira impamba izayikura muri Sudani yemye kuko yanganyije (…)

Migi yatangaje icyatumye yirukanwa muri APR FC ndetse n’ikintu gikomeye atazibagirwa mu myaka yayimazemo

Umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste Migi ukinira ikipe ya KMC muri Tanzania yavuze ko we na (…)

Umunyamakurukazi yashyize ku karubanda uburyo Alexis Sanchez yamusabye ko amusura ngo baryamane [AMAFOTO]

Umukinnyi Alexis Sanchez uvugwaho gukunda abakobwa b’ibizungerezi,yandagajwe bikomeye (…)

Umukinnyi wa Arsenal yatangaje impamvu itangaje ikwiriye gutuma umutoza amuha igitambaro cy’ubukapiteni

Ikipe ya Arsenal ikeneye kapiteni mushya nyuma yo kugenda kwa myugariro Laurent Koscielny ariyo (…)