Abatoza bagomba kuvamo uzasimbura Arsene Wenger bamenyekanye [AMAFOTO]
Yanditswe: Tuesday 01, May 2018
Benshi bategerezanyije amatsiko umutoza uzasimbura Arsene Wenger uherutse gutangaza ko azahagarika gutoza ikipe ya Arsenal mu mpera z’uyu mwaka nyuma y’imyaka 22 ayitoza ndetse hashyizwe hanze urutonde rw’abatoza 14 bazatoranywamo uyu mukambwe.
Uru rutonde rwiganjemo abatoza badafite ubunararibonye aho benshi batunguwe no kubonamo abatoza nka Rui Faria umaze imyaka myinshi yungirije Jose Mourinho utoza Manchester United ndetse na Zeljko Buvac umaze imyaka 17 yungirije Jurgen Klopp wa Liverpool.
LUIS ENRIQUE(yahoze atoza FC Barcelona)
DIEGO SIMEONE (Atletico Madrid)
MIKEL ARTETA (Umutoza wungirije muri Manchester City)
RUI FARIA (umutoza wungirije muri Manchester United)
MASSIMILIANO ALLEGRI 9Juventus)
THOMAS TUCHEL (Yahoze muri Borussia Dortmund)
THIERRY HENRY (Umutoza wungirije mu Bubiligi)
BRENDAN RODGERS(Celtic)
PATRICK VIEIRA (New York FC)
LEONARDO JARDIM(AS Monaco)
JULIAN NAGELSMANN (Hoffenheim)
CARLO ANCELOTTI (Yahoze atoza Bayer Munichen)
ZELJKO BUVAC (umutoza wungirije muri Liverpool)
JOACHIM LOW
MAURIZIO SARRI (Napoli)










Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *