Adriano wamamaye muri Brazil yatandukanye n’umugore nyuma y’ iminsi 24 bakoze ubukwe
Yanditswe: Monday 05, Dec 2022
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru wa Brazil Adriano yatandukanye n’umugore we nyuma y’iminsi 24 gusa bakoze ubukwe.
Uyu mugabo w’imyaka 40 y’amavuko yashyingiranywe n’umuhanga mu gutunganya imisatsi Micaela Mesquita w’imyaka 25, mu minsi mike ishize.
Aba bombi bakaba barishimiye urukundo rwabo batemberana hose nyuma y’ubukwe ndetse bagasangiza amafoto yabo basinya impapuro zo gushyingiranwa kuri Instagram.
Ariko ikinyamamakuru cyo muri Brazil Extra Globo kivuga ko aba bombi batandukanye (…)
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru wa Brazil Adriano yatandukanye n’umugore we nyuma y’iminsi 24 gusa bakoze ubukwe.
Uyu mugabo w’imyaka 40 y’amavuko yashyingiranywe n’umuhanga mu gutunganya imisatsi Micaela Mesquita w’imyaka 25, mu minsi mike ishize.
Aba bombi bakaba barishimiye urukundo rwabo batemberana hose nyuma y’ubukwe ndetse bagasangiza amafoto yabo basinya impapuro zo gushyingiranwa kuri Instagram.
Ariko ikinyamamakuru cyo muri Brazil Extra Globo kivuga ko aba bombi batandukanye nyuma y’ibyumweru bike bashakanye.
Bavuga ko aba bombi bari barateguye kuzakomezanya ibirori n’incuti n’umuryango wabo mu mpera z’iki cyumweru ariko ntibyabaye.
Bivugwa ko Adriano na Mesquita batonganye nyuma y’aho uyu mugabo aviriye gusura inshuti i Penha, mu majyepfo ya Brazil, no kureba ikipe y’igihugu ikina n’Ubusuwisi mu gikombe cy’isi.
Amakuru y’inyongera avuga ko Adriano yasubiye mu rugo nyuma y’iminsi ibiri ahita atangira gushwana na Mesquita amuziza iwabo.
Ubu ngo bahagaritse gukurikira ku mbuga nkoranyambaga mu gihe Mesquita nta mafoto y’uyu wahoze ari umukinnyi w’umupira w’amaguru agifite kuri konti ye.
Ibitekerezo
#DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
#Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!
#TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
+250789502321
Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.
#Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:
– Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
– irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
– yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
– irwanya umuriro wa Malaria
– yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
– irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
– ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
– Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.
Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.