skol
fortebet

Aho Masudi Djuma azerekeza hamaze kumenyekana

Yanditswe: Sunday 09, Jul 2017

Sponsored Ad

Ku munsi w’ejo nibwo umutoza Masudi Djuma yatangaje ko asezeye mu ikipe ya Rayon Sports ku mpamvu ze bwite nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yaramaze imyaka 2 atoza ishyikirijwe igikombe cya shampiyona yatwaye mu mwaka w’imikino ushize.
Mu makuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uyu mutoza yari amaze iminsi avugana n’ikipe ya Police FC ndetse ngo ibiganiro byararangiye aho iyi kipe yamwemereye kumuha umushahara wa miliyoni 2 n’ibihumbi 500 ku kwezi.
Nubwo amakuru yigeze avugwa ari (...)

Sponsored Ad

Ku munsi w’ejo nibwo umutoza Masudi Djuma yatangaje ko asezeye mu ikipe ya Rayon Sports ku mpamvu ze bwite nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yaramaze imyaka 2 atoza ishyikirijwe igikombe cya shampiyona yatwaye mu mwaka w’imikino ushize.

Mu makuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uyu mutoza yari amaze iminsi avugana n’ikipe ya Police FC ndetse ngo ibiganiro byararangiye aho iyi kipe yamwemereye kumuha umushahara wa miliyoni 2 n’ibihumbi 500 ku kwezi.

Nubwo amakuru yigeze avugwa ari uko yashakwaga n’ikipe ya Mukura VS nayo yifuzaga kumuha aya mafaranga bivugwa ko yahawe na Police Fc ndetse yo ikagerekaho no kumuha inzu yo kubamo uyu mutoza ngo yamaze kwemera kwerekeza muri Police FC gusimbura Seninga Innocent wari umazemo umwaka.

Andi makuru aravuga ko uyu mugabo agomba gutangazwa nk’umutoza wa Police FC muri iyi minsi aho bivugwa ko bitabaye uyu munsi byaba ku munsi w’ejo.

Nubwo aya makuru ari kuvugwa mu minsi ishize nibwo byari byatangajwe ko umutoza Seninga Innocent ari hafi guhabwa amasezerano kubera ko yafashije iyi kipe kurangiza ku mwanya wa kabiri muri shampiyona ibintu itaherukaga.

Ibitekerezo

  • nagende na fackson muri m.united yaragiye ubuzima burakomeza nkaswe uwo uzata ibaba ejobundi

    Abonye aho agiye,azajya atoza anafane byose ahubwo ago yambariye inkindi agiye kuhambarira inshocero

    Andika Igitekerezo Hano Let,s go . masudi bonne chance! wa mugambanyiwe.

    ntakundi nashake ahandi agafranga niko karikugenga isi niba ntacyo rayon imuha c kandi akeneye akantu njye ndamushyigikiye kbs kandi mwibuke ko nashungu wacu yagiye rayon ikabaho

    Rayon nizane Cassa mbongo nawe yikorere izina

    Rayon nizane Cassa mbongo nawe yikorere izina

    Mana we bose ntarukundo erega baba bahiga amafaranga ntibakatubeshye gusa azakorwa nisoni ahajyiyese!!!!! Umumwa uzamukoraho

    Mana we bose ntarukundo erega baba bahiga amafaranga ntibakatubeshye gusa azakorwa nisoni ahajyiyese!!!!! Umumwa uzamukoraho

    Ariko Nkuyu Uvugango Azatoza Ngo Anafane Ariko Komufite Abobafanabeshimurata Mufite Ibikombebingahe Mbesekomusakuzangobarabiba Mbere1994 nahokontabikombemufite homwibwaganande ibigambontibyakubakira urugo masudi wentiyazanywe nibigambo icyamuzanye arakizi mutuze nandimakipe yahumutse gutwara igikombe nugushora amafaranga kandi napolise iragikeneye

    agende amahoro, yitwaye neza gusa muri police nta mutoza urambamo nawe azahava nkuko wa mugande , Cassa na Seninga bagiye

    Masudi Ndakwemera Kandi Uzi Icyakuzanye Nahokuvuga Ngugiyemukipe Itagira Abafana Ndemezako Abafana Ataricyocyakuzanye Icyakuzanye Ni Amakashe Kandi Reyosp Nibigambogusa Kariyakayabo Ntiyakaguha Nizereko Unabashishikarizakugura Abakinnyi Kuko Polise Ifite Amafaranga Ariko Ndabona Uyumwakatugiyegutangira Nidanje Apr Aes Kigali Reyosp Polise Mukura Ewana Nibwo Umupira Ugiyekuryoha Kukozose Zakaniye Zimazekubona Uburyohebwigikombe Kandi Kukibona Nugushora

    Nagende gusagiyenabi kd yarakoze ibintubyabagabo yakagombyekudusezerahoneza

    Nagende gusagiyenabi kd yarakoze ibintubyabagabo yakagombyekudusezerahoneza

    mana we abafana twaragowe unwo x murikuvuga gutyo muzamuha ibyo kurya erenga amafaraga aho akubise haroroha naho nashwanyaguze ikipe yishakira abafana

    Andika Igitekerezo HanoNAGENDETUZAZANAKAREKEZIolivier.azakoraibirenzeibyamasudi

    Nagende nyine nakundi arko uzaza nizeyeko azako ibyiza birenzeho.

    Nagende nyine nakundi arko uzaza nizeyeko azako ibyiza birenzeho.

    masudi nawe aratangaje gose aratinyuka akava mwikipe itwara ipikopo ikipe ikunzwe ifite abafana isohokera igihugu iryoshye azicuza ngende

    gusa twe nkabafana bagikundiro twamukundaga kd tumuza kumutims

    Abakeba bihangane

    Abakeba bihangane

    nagende , agiye tukimukeneye, kandi ibyo yahawe ntabwo rayon yari kubimuha. Amahirwe kuri we.

    Masudi twamukundaga ariko ntagiye kigabo Kandi yagaragaraga nk’umuntu usobanutse

    Niyigendere yarakoze.nakazi nubu abonye ahandi bamuha menshi yajryayo.tuzahora twibuka ibyiza yakoze.haraboneka undi nawe yyndike izina

    Niyigendere yarakoze.nakazi nubu abonye ahandi bamuha menshi yajryayo.tuzahora twibuka ibyiza yakoze.haraboneka undi nawe yyndike izina

    Andik
    Igitekerezo HanoBaduhe Maso azabikora

    Tumwifurije ishya n’ ihirwe aho azajya azahore atekereza ikipe y’ Imana asize Wenda igihe kizagera ayigarukemo kuko irakunzwe ubyemere cyangwa ubihakane

    Jyewe ndamushyigikiye kuko yaje guhaha.Kuki rayon itamuha amafranga yifuza ubwo nyine izajya ihora ishaka abatoza. Cash ni cash ewana nta mikino iri aho uwo bayiha wese yagenda.

    Aratubabajepe! Twamukundagabikaze arko ntagaciro ahayabakunziba rayonsport

    masudi arantangaje kugenda sikibazo sinzi niba harimibare yashyizemo harigihe gukurikira cash bitaguhira gusa kuba utagiye mugikona wakoze cyane ntago umuvumo wacu wari kuzawukira ngaho genda uhahe uronke ubwo naha next year gusa hehe no kongera kubona igitego cyabafana

    ubu seko yari afite imyaka 2 muri rayopn nayo polisi irayigura

    ß

    slt Slt Moïse
    njyew ntabyinshi navuga gusa kubagiye birambabaje arikoknd ntakundi nagende bibaho ariko knd njye Narabitekerezaga kuko ashobor kub yarabbajw namagambo yavurwa ngo yagurishij wamukinon wa rivase njy nibaza mubyamute umutima mubi nabyo kobyab birimo ariko ntakundi.

    Ngwino rata va Ku giti core umuntu. Police nayo iraje izimenagure tuuuuu...

    Ngwino rata va Ku giti core umuntu. Police nayo iraje izimenagure tuuuuu...

    Masudi azize management ya Rayon ntago namurenganya, kuko abafana ntago tuzi ibibera mu gikari ntago tubizi

    Ngwino rata va Ku giti core umuntu. Police nayo iraje izimenagure tuuuuu...

    Niyigendere Yarabikoze Nyagasani Azamufashe Nahandi Azajya Azabikore Gusa Twizeyeko Nundi Uzaza Azabikora Kuko Nawe Yaje Atazwi Ariko Naha Ageze Azajye Abishimira Rayon

    Rayon sport kuko itanga ibyishimo by’ umunota 1 gusa? Kuko idashobora guhemba umutoza kdi niba yinjiza menshi? As Kigali iyirusha guhemba umutoza gute? Police iyirusha guhemba umutoza ITE? Wenda reka nemere APR ariko abandi hose nta vugiro pee.
    Ikomeje kumbabaza gusa

    Rayon sport kuko itanga ibyishimo by’ umunota 1 gusa? Kuko idashobora guhemba umutoza kdi niba yinjiza menshi? As Kigali iyirusha guhemba umutoza gute? Police iyirusha guhemba umutoza ITE? Wenda reka nemere APR ariko abandi hose nta vugiro pee.
    Ikomeje kumbabaza gusa

    Rayon sport kuko itanga ibyishimo by’ umunota 1 gusa? Kuko idashobora guhemba umutoza kdi niba yinjiza menshi? As Kigali iyirusha guhemba umutoza gute? Police iyirusha guhemba umutoza ITE? Wenda reka nemere APR ariko abandi hose nta vugiro pee.
    Ikomeje kumbabaza gusa

    Rayon sport kuko itanga ibyishimo by’ umunota 1 gusa? Kuko idashobora guhemba umutoza kdi niba yinjiza menshi? As Kigali iyirusha guhemba umutoza gute? Police iyirusha guhemba umutoza ITE? Wenda reka nemere APR ariko abandi hose nta vugiro pee.
    Ikomeje kumbabaza gusa

    se ubundi tubwijanye ukuri mwabonaga ibyo masudi ashaka gasenyi yacu yabibonaga?

    mbabwije ukuri ko yatwihanganiye bikomeye,abari muri comite ya gasenyi bazi ibibazo bye kuturusha ngayo amafaranga ataboneraga igihe yumushahara ngizo prime...... niyigendere rwose

    ibyiza birahenda kuko udafite arya nkumurwayi nibatuzanire uri kuri level yacu

    Masud ntiyigeze asaba kongezwa ngobabyange,ntawutangira ibyihuta,kandi abagiriyobajya bat

    Rayon sport maze kuyirambirwa imeze nkumugore winkunguzi, ibibazo bizashira ryari, ndananiwe kbsa

    nta mutoza kamara muri Rayon Sport nagende nawe amenye ko rayon niyo itumye amenyekana areke kwiyemera kuko na ba Raoul Shungu baduhaye ibikombe bya cecafa nibya championnat nicya amahoro ba Gomez ba Luc Elmael baragiye Rayon Sport iriho kandi izakomeza kubaho......

    nta mutoza kamara muri Rayon Sport nagende nawe amenye ko rayon niyo itumye amenyekana areke kwiyemera kuko na ba Raoul Shungu baduhaye ibikombe bya cecafa nibya championnat nicya amahoro ba Gomez ba Luc Elmael baragiye Rayon Sport iriho kandi izakomeza kubaho......

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa