Ku munsi w’ejo nibwo umutoza Masudi Djuma yatangaje ko asezeye mu ikipe ya Rayon Sports ku mpamvu ze bwite nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yaramaze imyaka 2 atoza ishyikirijwe igikombe cya shampiyona yatwaye mu mwaka w’imikino ushize.
Mu makuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uyu mutoza yari amaze iminsi avugana n’ikipe ya Police FC ndetse ngo ibiganiro byararangiye aho iyi kipe yamwemereye kumuha umushahara wa miliyoni 2 n’ibihumbi 500 ku kwezi.
Nubwo amakuru yigeze avugwa (…)
Ku munsi w’ejo nibwo umutoza Masudi Djuma yatangaje ko asezeye mu ikipe ya Rayon Sports ku mpamvu ze bwite nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yaramaze imyaka 2 atoza ishyikirijwe igikombe cya shampiyona yatwaye mu mwaka w’imikino ushize.
Mu makuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uyu mutoza yari amaze iminsi avugana n’ikipe ya Police FC ndetse ngo ibiganiro byararangiye aho iyi kipe yamwemereye kumuha umushahara wa miliyoni 2 n’ibihumbi 500 ku kwezi.
Nubwo amakuru yigeze avugwa ari uko yashakwaga n’ikipe ya Mukura VS nayo yifuzaga kumuha aya mafaranga bivugwa ko yahawe na Police Fc ndetse yo ikagerekaho no kumuha inzu yo kubamo uyu mutoza ngo yamaze kwemera kwerekeza muri Police FC gusimbura Seninga Innocent wari umazemo umwaka.
Andi makuru aravuga ko uyu mugabo agomba gutangazwa nk’umutoza wa Police FC muri iyi minsi aho bivugwa ko bitabaye uyu munsi byaba ku munsi w’ejo.
Nubwo aya makuru ari kuvugwa mu minsi ishize nibwo byari byatangajwe ko umutoza Seninga Innocent ari hafi guhabwa amasezerano kubera ko yafashije iyi kipe kurangiza ku mwanya wa kabiri muri shampiyona ibintu itaherukaga.
Ibitekerezo
nta mutoza kamara muri Rayon Sport nagende nawe amenye ko rayon niyo itumye amenyekana areke kwiyemera kuko na ba Raoul Shungu baduhaye ibikombe bya cecafa nibya championnat nicya amahoro ba Gomez ba Luc Elmael baragiye Rayon Sport iriho kandi izakomeza kubaho......
nta mutoza kamara muri Rayon Sport nagende nawe amenye ko rayon niyo itumye amenyekana areke kwiyemera kuko na ba Raoul Shungu baduhaye ibikombe bya cecafa nibya championnat nicya amahoro ba Gomez ba Luc Elmael baragiye Rayon Sport iriho kandi izakomeza kubaho......
Rayon sport maze kuyirambirwa imeze nkumugore winkunguzi, ibibazo bizashira ryari, ndananiwe kbsa
Masud ntiyigeze asaba kongezwa ngobabyange,ntawutangira ibyihuta,kandi abagiriyobajya bat
se ubundi tubwijanye ukuri mwabonaga ibyo masudi ashaka gasenyi yacu yabibonaga?
mbabwije ukuri ko yatwihanganiye bikomeye,abari muri comite ya gasenyi bazi ibibazo bye kuturusha ngayo amafaranga ataboneraga igihe yumushahara ngizo prime...... niyigendere rwose
ibyiza birahenda kuko udafite arya nkumurwayi nibatuzanire uri kuri level yacu
Rayon sport kuko itanga ibyishimo by’ umunota 1 gusa? Kuko idashobora guhemba umutoza kdi niba yinjiza menshi? As Kigali iyirusha guhemba umutoza gute? Police iyirusha guhemba umutoza ITE? Wenda reka nemere APR ariko abandi hose nta vugiro pee.
Ikomeje kumbabaza gusa
Rayon sport kuko itanga ibyishimo by’ umunota 1 gusa? Kuko idashobora guhemba umutoza kdi niba yinjiza menshi? As Kigali iyirusha guhemba umutoza gute? Police iyirusha guhemba umutoza ITE? Wenda reka nemere APR ariko abandi hose nta vugiro pee.
Ikomeje kumbabaza gusa
Rayon sport kuko itanga ibyishimo by’ umunota 1 gusa? Kuko idashobora guhemba umutoza kdi niba yinjiza menshi? As Kigali iyirusha guhemba umutoza gute? Police iyirusha guhemba umutoza ITE? Wenda reka nemere APR ariko abandi hose nta vugiro pee.
Ikomeje kumbabaza gusa
Rayon sport kuko itanga ibyishimo by’ umunota 1 gusa? Kuko idashobora guhemba umutoza kdi niba yinjiza menshi? As Kigali iyirusha guhemba umutoza gute? Police iyirusha guhemba umutoza ITE? Wenda reka nemere APR ariko abandi hose nta vugiro pee.
Ikomeje kumbabaza gusa
Niyigendere Yarabikoze Nyagasani Azamufashe Nahandi Azajya Azabikore Gusa Twizeyeko Nundi Uzaza Azabikora Kuko Nawe Yaje Atazwi Ariko Naha Ageze Azajye Abishimira Rayon
Ngwino rata va Ku giti core umuntu. Police nayo iraje izimenagure tuuuuu...
Masudi azize management ya Rayon ntago namurenganya, kuko abafana ntago tuzi ibibera mu gikari ntago tubizi
Ngwino rata va Ku giti core umuntu. Police nayo iraje izimenagure tuuuuu...
Ngwino rata va Ku giti core umuntu. Police nayo iraje izimenagure tuuuuu...
slt Slt Moïse
njyew ntabyinshi navuga gusa kubagiye birambabaje arikoknd ntakundi nagende bibaho ariko knd njye Narabitekerezaga kuko ashobor kub yarabbajw namagambo yavurwa ngo yagurishij wamukinon wa rivase njy nibaza mubyamute umutima mubi nabyo kobyab birimo ariko ntakundi.
ubu seko yari afite imyaka 2 muri rayopn nayo polisi irayigura
ß
masudi arantangaje kugenda sikibazo sinzi niba harimibare yashyizemo harigihe gukurikira cash bitaguhira gusa kuba utagiye mugikona wakoze cyane ntago umuvumo wacu wari kuzawukira ngaho genda uhahe uronke ubwo naha next year gusa hehe no kongera kubona igitego cyabafana
Aratubabajepe! Twamukundagabikaze arko ntagaciro ahayabakunziba rayonsport
Jyewe ndamushyigikiye kuko yaje guhaha.Kuki rayon itamuha amafranga yifuza ubwo nyine izajya ihora ishaka abatoza. Cash ni cash ewana nta mikino iri aho uwo bayiha wese yagenda.
Tumwifurije ishya n’ ihirwe aho azajya azahore atekereza ikipe y’ Imana asize Wenda igihe kizagera ayigarukemo kuko irakunzwe ubyemere cyangwa ubihakane