Ikipe ya Al Hilal Benghazi iri kwitegura Rayon Sports ikomeje kongera imbaraga mu ikipe aho yongeyemo abandi bakinnyi bakomeye.
Iyi kipe iri gukaza imyitozo yitegura Rayon Sports nkuko amafoto yagiye hanze abigaragaza ari nako bongera imbaraga mu ikipe
Rayon Sports izurira Rutemikirere ku ya 11,ijya gukina umukino ubanza w’ijonjora rya nyuma ryo gushaka uko isubira mu matsinda ya CAF Confederations Cup.
Uyu mukino uteganyijwe kuwa 15-17 Nzeri muri Libya.
Iyi kipe ya Al Hilal Benghazi yamaze kongeramo abakinnyi bashya barimo Anas Al Misrati,rutahizamu w’imyaka 28 uvuye muri Al Ittihad.
Umuzamu Ali Alshaafi w’imyaka 26 wa metero 1.90 uvuye muri Al-Ahli Benghazi.
Hari kandi na Myugariro w’umunya Misiri Ahmed Modi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *