
U Rwanda na Nigeria bimaze guhura inshuro Eshanu ariko amateka agaragaza ko u Rwanda ntamukino ruratsinda, bisobaye amahirwe make imbere ya Nigeria.
Kuwa kabiri tariki 10 Nzeri 2024 ,Saa cyenda z’amanywa nibwo ikipe y’Igihugu Aamavubi izakira Nigeriya kuri Stade amahoro mu mukino wa kabiri wo gushak itike yo kujya muri Morocco 2025.
Amakipe yombi aherereye mu itsinda rya 4 aho arikumwe na Benin,Libya,u Rwanda na Nigeria.
Uyu mukino ni uwa kabiri mu itsinda kuko mu ,ukino wa mbere ku mpande zombie ,ikipe ya Nigeriya yatsinze Benin ibitego 3-0, mu gihe u Rwanda rwanganyije na Libya 1-1.
Ni umukino wa 6 amakipe yombi agiye guhura mu marushanwa atandukanye mu mikino itanu yabanje ,Nigeria yatsinze imikino 3 banganya ibiri.
Nigeria yamaze kugera mu Rwanda aho mu bakinnyi yazanye harimo na Victor Osimhen uherutse kwerekeza muri Galatasary.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *