Urutonde ngarukakwezi rwa FIFA, rugaragaza ko ikipe y’igihugu ya Senegal ari yo ya mbere muri Afurika ikaba iya 18 ku Isi yose.Ni mu gihe u Rwanda ruza ku mwanya wa 136 ku Isi rukaba urwa 40 muri Afurika.
U Bubiligi,buracyayoboye Isi mu mupira w’amaguru,umwanya bumazeho igihe kinini nubwo butajya butwara ibikombe.
Muri CECAFA: Uganda(84),Kenya(104) na Tanzaniya(132),Sudan(133).
Amavubi yasubiye inyuma umwanya umwe kuri uru rutonde cyane ko mu kwezi k’Ukuboza rwari kuwa 135.Mu (…)
Urutonde ngarukakwezi rwa FIFA, rugaragaza ko ikipe y’igihugu ya Senegal ari yo ya mbere muri Afurika ikaba iya 18 ku Isi yose.Ni mu gihe u Rwanda ruza ku mwanya wa 136 ku Isi rukaba urwa 40 muri Afurika.
U Bubiligi,buracyayoboye Isi mu mupira w’amaguru,umwanya bumazeho igihe kinini nubwo butajya butwara ibikombe.
Muri CECAFA: Uganda(84),Kenya(104) na Tanzaniya(132),Sudan(133).
Amavubi yasubiye inyuma umwanya umwe kuri uru rutonde cyane ko mu kwezi k’Ukuboza rwari kuwa 135.Mu Ugushyingo 2021 rwari ku mwanya wa 133.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *