Urutonde ngarukakwezi rwa FIFA, rugaragaza ko ikipe y’igihugu ya Senegal ari yo ya mbere muri Afurika ikaba iya 18 ku Isi yose.Ni mu gihe u Rwanda ruza ku mwanya wa 136 ku Isi rukaba urwa 40 muri Afurika.
U Bubiligi,buracyayoboye Isi mu mupira w’amaguru,umwanya bumazeho igihe kinini nubwo butajya butwara ibikombe.
Muri CECAFA: Uganda(84),Kenya(104) na Tanzaniya(132),Sudan(133).
Amavubi yasubiye inyuma umwanya umwe kuri uru rutonde cyane ko mu kwezi k’Ukuboza rwari kuwa 135.Mu Ugushyingo 2021 rwari ku mwanya wa 133.
Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN