skol
fortebet

APR F.C yongereye amasezerano abakinnyi bayo babiri

Yanditswe: Tuesday 08, Feb 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ubuyobozi bw’ikipe y’ingabo z’igihugu APR F.C bwongereye amasezerano abakinnyi bayo babiri Byiringiro Lague ndetse na Ishimwe Anicet igihe cy’imyaka ine buri wese.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatandatu cyari kiyobowe na Chairman wa APR F.C Lt Gen Mubarakh Muganga, Umunyamabanga Michel Masabo ndetse n’abandi bakozi b’ikipe y’ingabo z’igihugu.
Irebere mu mashusho Lague na Anicet bongera amasezerano.
Aba bakinnyi bombi bazamukiye mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya APR FC ndetse kuri ubu (...)

Sponsored Ad

Ubuyobozi bw’ikipe y’ingabo z’igihugu APR F.C bwongereye amasezerano abakinnyi bayo babiri Byiringiro Lague ndetse na Ishimwe Anicet igihe cy’imyaka ine buri wese.

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatandatu cyari kiyobowe na Chairman wa APR F.C Lt Gen Mubarakh Muganga, Umunyamabanga Michel Masabo ndetse n’abandi bakozi b’ikipe y’ingabo z’igihugu.

Irebere mu mashusho Lague na Anicet bongera amasezerano.

Aba bakinnyi bombi bazamukiye mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya APR FC ndetse kuri ubu bakomeje kugaragaza ubuhanga.



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa