skol
fortebet

Arteta yatangajwe n’imyitwarire ya David Raya

Yanditswe: Friday 20, Sep 2024

featured-image

Sponsored Ad

Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta yishimiye umuzamu we David Raya wakuyemo penalite mu mukino basuyemo Atalanta.

Sponsored Ad

Ni umukino wabaye mu ijoro ryakeye tariki 19 Nzeri 2024, muri UEFA Champions League.
Ikipe ya Arsenal yari yagaruye Declan Rice nyuma y’uko bari bamubuze muri shampiyona kubera ikarita itukura.
Amakipe yombi yatangiye acungana cyane ndetse igice cya mbere kirangira banganya banganya ubusa kubasa.
Igice cya kabriki cyatangiye Antalanta yataka , izakubona Penaliti ku munota wa 51.
Umuzamu David Raya yakuyemo iyi penalite asubiza ikipe ye mu mukino.
Nyuma y’umukino warangiye banganya ubusa ku busa, umutoza wa Arsenal Mikel arteta yashimye umuzamu we.
Yagize ati” Raya yadufashije , igikorwa yakoze nagishyira ku mwanya wa mbere kuva natangira ibijyanye n’umupira.”

Ikipe ya Arsenal izagaruka mu kibuga tariki 22 Nzeri mu mukino wa shampiyona , aho izasura ikipe ya Man City .



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa