skol
fortebet

Bayern Munich yahishuye umukinnyi ukomeye mu Bwongereza yifuza gusimbuza Lewandowski

Yanditswe: Monday 18, Jul 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ikipe ya Bayern Munich yatangaje ko yifuza Harry Kane ukinira Tottenham kugira ngo asimbure Robert Lewandowski wamaze kwerekeza muri FC Barcelona.
Bayern Munich yegukanye Bundesliga yiyemeje kujya kuisoko ryo gushaka rutahizamu nyuma yo kwemerera uyu musore w’imyaka 33 kwinjira muri Barcelona kuri miliyoni 42.5 z’amapawundi.
Mu ntangiriro z’icyumweru gishize byavuzwe ko Bayern Munich yemeje ko uyu rutahizamu w’Umwongereza, Kane,ariwe waba umusimbura w’uyu munya Poland.
Bayern ngo yizeye ko (...)

Sponsored Ad

Ikipe ya Bayern Munich yatangaje ko yifuza Harry Kane ukinira Tottenham kugira ngo asimbure Robert Lewandowski wamaze kwerekeza muri FC Barcelona.

Bayern Munich yegukanye Bundesliga yiyemeje kujya kuisoko ryo gushaka rutahizamu nyuma yo kwemerera uyu musore w’imyaka 33 kwinjira muri Barcelona kuri miliyoni 42.5 z’amapawundi.

Mu ntangiriro z’icyumweru gishize byavuzwe ko Bayern Munich yemeje ko uyu rutahizamu w’Umwongereza, Kane,ariwe waba umusimbura w’uyu munya Poland.

Bayern ngo yizeye ko ishobora kugura uyu musore w’imyaka 28 ikamukura mu majyaruguru ya London.

Umuyobozi w’ikipe ya Bayern, Oliver Kahn yemeje ko rutahizamu wa Tottenham ari ku rutonde rwabo.

Yabwiye Bild ati: "Afite amasezerano na Tottenham.

Nibyo, ni rutahizamu wo ku rwego rwo hejuru rwose, ariko ibyo byose ni inzozi z’ejo hazaza.

Ubu tugomba kureba uko ikipe yahurira hamwe tugategura shampiyona

Reka rero turebe ikindi kizabaho."

Kane azasigarana umwaka umwe gusa ku masezerano ye muri Spurs nyuma y’uyu mwaka w’imikino."

Bayern ishobora gushakarutahizamu w’intizanyo wo gukoresha muri uyu mwaka w’imikino mbere yo gushaka Kane muri 2023.


Bayern Munich irifuza Harry Kane

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa