Benjamin Mendy wa Man City yagizwe umwere ku cyaha cyo gufata ku ngufu
Yanditswe: Wednesday 14, Sep 2022
Umucamanza yagize umwere umukinnyi wa Manchester City, Benjamin Mendy, ku cyaha kimwe cyo gufata ku ngufu yashinjwaga.
Umucamanza yagize umwere umukinnyi wa Manchester City, Benjamin Mendy, ku cyaha kimwe cyo gufata ku ngufu yashinjwaga.
Mendy w’imyaka 28 yagiriwe umwere ku rukiko rwa Chester Crown Court ku cyaha yashinjwaga cyo gufata ku ngufu umugore w’imyaka 19 iwe mu rugo i Prestbury, Cheshire, ku wa 24 Nyakanga(7) umwaka ushize wa 2021.
Uwo bashinjwa icyaha kimwe Louis Saha Matturie (atandukanye na Louis Laurent Saha wakiniraga Man U) w’imyaka 41 nawe yagizwe umwere ku byaha bibiri yashinjwaga byo gufata ku ngufu uwo mugore nanone.
Hagati aho, baracyaburanywa ku bindi byaha bishingiye ku gitsina, ariko bombi bakaba babihakana.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *