Umutoza wungirije mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Jimmy Mulisa ni we wahawe gutoza ikipe ya APR FC nyuma y’igihe kinini iyi kipe y’ingabo z’igihugu idafite umutoza mukuru.
Nk’uko amakuru yemejwe n’umuvugizi w’ikipe ya APR FC, Kazungu Claver, APR FC yamaze kwemeza Jimmy Mulsa nk’umusimbura waKanyankore Yaounde wavuye muri iyi kipe muri Kanama nyuma yo gutsindwa igeragezwa.
Jimmy Mulisa w’imyaka 32, wanakiniye ikipe ya APR FC akayitwaramo ibikombe bitandukanye, araza kuba afatanya na Yves (...)
Umutoza wungirije mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Jimmy Mulisa ni we wahawe gutoza ikipe ya APR FC nyuma y’igihe kinini iyi kipe y’ingabo z’igihugu idafite umutoza mukuru.
Nk’uko amakuru yemejwe n’umuvugizi w’ikipe ya APR FC, Kazungu Claver, APR FC yamaze kwemeza Jimmy Mulsa nk’umusimbura waKanyankore Yaounde wavuye muri iyi kipe muri Kanama nyuma yo gutsindwa igeragezwa.
Jimmy Mulisa w’imyaka 32, wanakiniye ikipe ya APR FC akayitwaramo ibikombe bitandukanye, araza kuba afatanya na Yves Rwasamanzi wari umutoza wungurije, aho kugeza ku munsi wa gatandatu wa shampiyona, APR FC ifite amanota umunani mu mikino ine imaze gukina.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *