Chelsea yasinyishije rutahizamu mushya yapapuye abakeba [AMAFOTO]
Yanditswe: Wednesday 11, Jan 2023

Ikipe ya Chelsea yamaze gutizwa rutahizamu Joao Felix mu gihe gisigaye ngo shampiyona irangire ni nyuma yo kwishyura miliyoni 11 z’amapawundi Atletico Madrid yakiniraga.
Chelsea yatsinze Arsenal na Man United nazo zifuzaga uyu mukinnyi ariko zanze gutanga kariya kayabo ndetse no kumwishyura umushahara wose iriya kipe yo muri Espagne yamuhaga.
Uyu musore w’imyaka 23 yahoze akinira ikipe ya Benfica y’iwabo hanyuma aza kwerekeza muri Atletico Madrid muri 2019 aguzwe akayabo ka miliyoni zisaga (...)
Ikipe ya Chelsea yamaze gutizwa rutahizamu Joao Felix mu gihe gisigaye ngo shampiyona irangire ni nyuma yo kwishyura miliyoni 11 z’amapawundi Atletico Madrid yakiniraga.
Chelsea yatsinze Arsenal na Man United nazo zifuzaga uyu mukinnyi ariko zanze gutanga kariya kayabo ndetse no kumwishyura umushahara wose iriya kipe yo muri Espagne yamuhaga.
Uyu musore w’imyaka 23 yahoze akinira ikipe ya Benfica y’iwabo hanyuma aza kwerekeza muri Atletico Madrid muri 2019 aguzwe akayabo ka miliyoni zisaga 100 z’amayero.
Joao Felix ukina asatira,ntiyahiriwe muri Atletico byatumye yemera kumutiza muri Chelsea ndetse bivugwa ko ikipe yamukenera mu mpeshyi yakwishyura miliyoni 70 z’amapawundi.Yabanje kongera amasezerano muri iyi ipe ye yo muri Espagne azamugeza mu 2027.
Akigera muri Chelsea, Joao Felix yagize ati: ‘Chelsea ni imwe mu makipe akomeye ku isi kandi nizeye ko nzayifasha kugera ku ntego zayo.Ndishimye cyane kuba ndi hano kandi ntegereje gukinira kuri Stamford Bridge.’
Joao Felix yari mu ikipe yatwaye La Liga mu myaka ibiri ishize ndetse yanatwaye shampiyona mu ikipe ya Benfica,mu mwaka we wa mbere yari ayikiniye mu bakuru.
Joao amaze guhamagarwa inshuro 28 muri Portugal ndetse yari mu gikombe cy’isi muri Qatar aho yatsinze igitego kimwe akanatanga imipira 2 yavuyemo ibitego.
Ibitekerezo
#IBIMENYETSO 10 #BYAKUBURIRA KO, PROSTATE YAWE ITANGIYE GUKORA NABI
+250789502321
#Prostate ni agasabo gato gaherereye hafi y’uruhago, gafite inshingano yo kurekura amatembabuzi amwe aherekeza #intanga ngabo ndetse no kuyabika. Aka gasabo gashobora #gufobagana kakaba kanini cyangwa kakegerana kakaba gato.
Ni bande bibasirwa cyane n’uburwayi bwa Prostate ?
Ubusanzwe #Prostate ni urugingo rufitwe n’abantu b’igitsina gabo gusa. Uko rero umuntu agenda asatira izabukuru ni nako ibyago byo kurwara Prostate byiyongera.
Abashakashatsi bavuga ko guhera ku #myaka 40,Prostate yawe ishobora kugenda isaza cyane ndetse bikaba byanatuma irushaho gukora nabi,bityo ukaba wagira ibibazo bikomeye ndetse birimo no kurwara #kanseri yayo.Ni byiza rero kuyirinda hakiri kare kuko ishobora kugukururira #ingorane zikomeye.
Ibimenyetso 10 byakuburira ko Prostate yawe itangiye gukora nabi
1. Gushaka kujya kunyara kenshi mu ijoro.
2. Kudashobora gutangira kunyara cyangwa guhagarika ubwo bushake mu gihe ugiye kunyara.
3. Kunyara ukumva ziraza ari nke ugereranyije n’uko ubishaka. Cyangwa kunanirwa kurangiza kunyara ngo wumve zishizemo.
4. Kumva umeze nk’uri gushya mu gihe uri kunyara.
5. Kubona amaraso mu nkari.
6. Kugira amaraso mu masohoro.
7. Kugira uburibwe mu mayunguyungu, no mu gace k’umugongo ko hasi.
8. Kugira uburibwe cyangwa uburyaryate haruguru y’igitsina n’impande zaho.
9. Kubabara mu magufa yo mu mugongo wo hasi (iyi ndwara iba yakomeye cyane).
10. Kugira ibibazo byo gufata umurego w’igitsina.
Ni gute wakwirinda ibyago byo kurwara Prostate ?
Mu kwirinda indwara zifata Prostate jya wita kuri ibi bikurikira:
• Jya wita ku mirire iboneye cyane cyane niba urengeje imyaka 40, ujye uhekenya karoti byibuze 1 ku munsi ndetse no kurya amafi bitari kenshi cyane.
• Jya ukora imyitozo ngororamubiri byibuze gatatu mu cyumweru
• Irinde umubyibuho ukabije
Wari uzi ko hari imiti wakoresha yizewe mu kuvura ndetse no kwirinda indwara zifata Prostate?
Ubu hari imiti yabonetse ikoze mu bi