Edu Gaspar uri kuzamura bikomeye ikipe ya Arsenal yasuye u Rwanda [AMAFOTO]
Yanditswe: Saturday 19, Nov 2022

Umuyobozi mushya wa Siporo muri ARSENAL, Edu Gaspar César ari mu Rwanda n’umuryango we, muri gahunda ya #VisitRwanda.
Yageze i Kigali kuri uyu wa gatanu, nyuma yo kugirwa Sporting Director wa mbere mu mateka y’ikipe ya Arsenal,ku munsi w’ejo tariki ya 18 Ugushyingo.
Uyu mugabo wakinnye muri Arsenal yatwaye igikombe idatsinzwe yari amaze imyaka isaga 3 ari umuyobozi wa Tekiniki muri Arsenal ari nawe wagize uruhare mu kuzamura urwego rw’iyi kipe ndetse kuri ubu ikaba ari iya mbere muri Premier (...)
Umuyobozi mushya wa Siporo muri ARSENAL, Edu Gaspar César ari mu Rwanda n’umuryango we, muri gahunda ya #VisitRwanda.
Yageze i Kigali kuri uyu wa gatanu, nyuma yo kugirwa Sporting Director wa mbere mu mateka y’ikipe ya Arsenal,ku munsi w’ejo tariki ya 18 Ugushyingo.
Uyu mugabo wakinnye muri Arsenal yatwaye igikombe idatsinzwe yari amaze imyaka isaga 3 ari umuyobozi wa Tekiniki muri Arsenal ari nawe wagize uruhare mu kuzamura urwego rw’iyi kipe ndetse kuri ubu ikaba ari iya mbere muri Premier League.
Edu n’umuhanga mu kugura abakinnyi bakiri bato bafite impano ndetse yahawe inshingano zo kuyobora amakipe arimo ay’abato,abagore n’ikipe nkuru ya Arsenal.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *