Erik Ten Hag yasubije Cristiano Ronaldo wamushinje kumusuzugura
Yanditswe: Saturday 10, Dec 2022

Umutoza wa Manchester United Erik Ten Hag yatangaje ko kuba Cristiano Ronaldo atari afite imyitozo ngororamubiri ihagije bishobora kuba byaragize uruhare mu gutuma agorwa muri Manchester United.
Uyu mugabo yageze Old Trafford mu mpeshyi ariko ahitamo kugumana Ronaldo nk’umukinnyi mukuru gusa ntabwo uyu yamubaniye muri Premier League.
Ronaldo yabuze mu mikino itegura umwaka w’imikino kubera ko umukobwa we yari arwaye.
Ibi byamugizeho ingaruka kuko yagowe no kwitwara neza ndetse atsinda (...)
Umutoza wa Manchester United Erik Ten Hag yatangaje ko kuba Cristiano Ronaldo atari afite imyitozo ngororamubiri ihagije bishobora kuba byaragize uruhare mu gutuma agorwa muri Manchester United.
Uyu mugabo yageze Old Trafford mu mpeshyi ariko ahitamo kugumana Ronaldo nk’umukinnyi mukuru gusa ntabwo uyu yamubaniye muri Premier League.
Ronaldo yabuze mu mikino itegura umwaka w’imikino kubera ko umukobwa we yari arwaye.
Ibi byamugizeho ingaruka kuko yagowe no kwitwara neza ndetse atsinda igitego kimwe gusa mu mikino 10 ya shampiyona yakinnye mbere y’uko atanga ikiganiro cyaciye ibintu hose bikamuviramo gutandukana na Man United.
Icyakora Ten Hag,yavuze byinshi kuri uyu mukinnyi w’imyaka 37,ati "Ntabwo yari intego yanjye [kutamuha umwanya],niko bigaragara ariko siyo yari intego yanjye.
Twashakaga ko aba mu mushinga wacu,ngo atange umusanzu muri Manchester United kuko n’umukinnyi ukomeye.
Afite amateka akomeye ariko ibyo ni ibyahise kandi tugomba kureba ahazaza kandi sinabitaho imbaraga zanjye.
Yashakaga kugenda kandi byari bigaragara.
Iyo umukinnyi adashaka kuguma muri iyi kipe agomba kugenda.Nakoze ibishoboka byose kugira ngo mugarure mu ikipe kuko mpa agaciro ubuhanga bwe.
Iyo ari mu bihe byiza aba ari umukinnyi mwiza kandi yashobora kudufasha kugera ku ntego dufite.Ibyo biragaragara ariko ntabwo yari ameze neza.
Abajijwe ku kuba uyu mukinnyi yaramushinje kutamwubaha,Ten Hag yagize ati "Mu mpeshyi twagiranye ikiganiro kimwe.Yaraje arambwira ati ’mu minsi 7 nzakubwira niba nshaka kuguma mu ikipe.Yaragarutse arambwira ati ndashaka kuguma hano.Kuva uwo munsi nta kindi nongeye kumva.
Nyuma y’aho nabonye byinshi bigaragaza ko yashaka kugenda."
Ronaldo nta kipe afite nyuma yo gutandukana na Manchester United gusa biravugwa ko Al Nassr yo muri Saudi Arabia imwifuza ikajya imuhemba akayabo.
Ibitekerezo
#PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE
#DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
#Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!
#TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
+250789502321
Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.
#Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:
Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.
Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.