skol
fortebet

FIFA yahagaritse umuyobozi w’umupira muri Espagne imuziza gusoma umukinnyi

author-image

Yanditswe na: Dusingizimana Remy
Kuwa: Saturday 26, Aug 2023

FIFA yahagaritse umuyobozi w'umupira muri Espagne imuziza gusoma umukinnyi

Sponsored Ad

skol

FIFA yahagaritse Luis Rubiales wayoboraga umupira w’amaguru muri Espagne mu bikorwa bifite aho bihurira n’umupira w’amaguru ku isi mu gihe cy’amezi 3 mu gihe bagikora iperereza ku gusoma Hermoso umukinnyi ukinira Spain y’abagore iheruka kwegukana igikombe cy’isi .

Luis Rubiales we yari yahakanye ibyo kwegura ku bushake bwe nk’ukuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muei Spain .

Jenni Hermoso avuga ko atigeze yemerera, Luis Rubiales ko amusoma - mu gihe abakinnyi 81 biyemeje kutazakinira ikipe y’igihugu y’abagore muri icyo gihugu igihe uwo mutegetsi azaba atarava ku mwanya arimo.

Byari byitezwe ko Rubiales yegura mu nama nkuru idasanzwe yari yatumijwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Espagne (RFEF), ariko aravuga ati "sinkwiye gukora ibintu nk’ibi."

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa