skol
fortebet

France Football yatangaje amakipe 10 akomeye cyane mu mupira w’amaguru ku isi

author-image

Yanditswe na: Dusingizimana Remy
Kuwa: Tuesday 12, Feb 2019

Sponsored Ad

skol

Ikinyamakuru gikomeye mu bufaransa cya France Football gitegura Ballon d’Or cyatangaje ko ikipe ya Real Madrid ariyo kipe ikomeye kurusha izindi ku isi,bitewe n’ibyo yagezeho,amafaranga,abafana n’ibindi.

Iki kinyamakuru cy’ubukombe cyavuze ko Real madrid ariyo kipe ikomeye ku isi,gishingiye ku bikombe,abakinnyi,amateleviziyo agura imikino yayo,aba Followers ku mbuga nkoranyambaga,impuzandengo y’abafana baza ku bibuga kureba imikino,amafaranga yinjira,ashorwa mu kugura abakinnyi ndetse n’agaciro kayo ku isoko n’amateka yubatse.

Real Madrid yateye umugeri w’inyuma FC Barcelona mu gihe Manchester United ariyo iri ku mwanya wa 3 ibanziriza izindi 4 zo muri Premier League.

France Football yifashishije inzobere zayo zitoranya amakipe 30 akomeye ku isi gusa UMURYANGO urabagezaho urutonde rwa 10 ya mbere.

France Football yavuze ko Real Madrid ariyo kipe ikomeye kurusha izindi ku isi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa