
Erling Haaland yaraye atsinze ibitego 3 muri 6-3 batsinze mukeba Manchester United,ariko yababajwe nuko ikipe yabo ngo itashyizemo imbaraga nyinshi ngo itsinde ibitego byinshi kurushaho
Haaland na mugenzi we Phil-Foden nibo batsinze ibi bitego 6 bya Manchester City ubwo yari ihanganye na United.
Uyu rutahizamu yagize ati: “Byashoboraga kuba byinshi. Igice cya kabiri twakagombye kuba twakomeje, tugakora cyane, kuko rimwe na rimwe twagendaga gake.
Twatakaje igice cya kabiri kandi ibi ntabwo (...)
Erling Haaland yaraye atsinze ibitego 3 muri 6-3 batsinze mukeba Manchester United,ariko yababajwe nuko ikipe yabo ngo itashyizemo imbaraga nyinshi ngo itsinde ibitego byinshi kurushaho
Haaland na mugenzi we Phil-Foden nibo batsinze ibi bitego 6 bya Manchester City ubwo yari ihanganye na United.
Uyu rutahizamu yagize ati: “Byashoboraga kuba byinshi. Igice cya kabiri twakagombye kuba twakomeje, tugakora cyane, kuko rimwe na rimwe twagendaga gake.
Twatakaje igice cya kabiri kandi ibi ntabwo ari byiza, bityo tugomba gukora.”
Haaland watsinze ibitego 3 mu mikino itatu yikurikiranya yo mu rugo,yujuje ibitego 17 mu mikino 14 amaze gukina muri uyu mwaka w’imikino.
City yari watsinze ibitego 4-0 mu gice cya mbere,yaje kugira 6-1 ariko ibitego bibiri byatsinzwe na Anthony Martial biha United icyubahiro.
Uyu Haaland w’imyaka 22 yari akinnye uyu mukino w’abakobwa bwa mbere.
Yongeyeho ati: “Numvaga mbere gato y’umukino ko hari ikintu kidasanzwe kigiye kubaho kandi twabonye uyu munsi ko hari ibintu bidasanzwe byabaye. Byari byiza.
Ku wa gatanu nabyiyumvisemo mu myitozo yose.Iyi ni imikino myiza iba ifite ikintu kidasanzwe.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *