
Umukino w’ishiraniro ugomba guhuza Police FC yakira APR FC kuwa Gatandatu tariki 22 Mata 2023 uzakinirwa kuri Kigali Pelé Stadium guhera saa cyenda zuzuye aho kuba aho wari kuzabera ku kibuga cya Bugesera Stadium.
Police FC na APR FC zagombaga guhura ku munsi wa 24 wa shampiyona ariko uyu mukino ntiwaba ariyo mpamvu byemejwe ko uzabera kuri Kigali Pele Stadium ku wa Gatandatu, aho gukinirwa mu Bugesera nk’uko byari biteganyijwe.
Mu mukino uheruka APR FC yakiriyemo Gasogi United, iyi kipe (...)
Umukino w’ishiraniro ugomba guhuza Police FC yakira APR FC kuwa Gatandatu tariki 22 Mata 2023 uzakinirwa kuri Kigali Pelé Stadium guhera saa cyenda zuzuye aho kuba aho wari kuzabera ku kibuga cya Bugesera Stadium.
Police FC na APR FC zagombaga guhura ku munsi wa 24 wa shampiyona ariko uyu mukino ntiwaba ariyo mpamvu byemejwe ko uzabera kuri Kigali Pele Stadium ku wa Gatandatu, aho gukinirwa mu Bugesera nk’uko byari biteganyijwe.
Mu mukino uheruka APR FC yakiriyemo Gasogi United, iyi kipe y’ingabo z’igihugu yananiwe gutsinda banganya 0-0.
Ku rundi ruhande,Police FC yatsinze Rutsiro FC igitego kimwe ku busa biyifasha kwegera imbere.
APR FC ihanganye cyane na Kiyovu Sports banganya amanota 53 ariko APR FC izigamye ibitego 23 mu gihe Kiyovu Sports ari 12.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *