Umunyamahanga mukuru wa FERWAFA Muhire Henry yatangaje ko Imikino y’umunsi wa 29 wa shampiyona yari iteganyijwe hagati ya tariki 11 na 12 Kamena 2022 yimuriwe kuri 13 na 14.
Ibi bivuze ko habaye impinduka ku mikino y’iminsi 2 isoza shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru 2021-22.
Amakipe ahanganiyeye igikombe cya shampiyona n’ahatanira kutamanuka azakinira amasaha amwe n’umunsi umwe.
Mu mpinduka zihari nuko Kiyovu Sports SC izakirira Marines FC kuri stade ya Muhanga mu gihe APR FC izakirwa na Police FC kuri sitade ya Kigali.
Umukino w’umunsi wa 30 uzakinwa tariki ya na 16,17 na 18 Kamena 2022.
Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN