skol
fortebet

Hansi Flick yavuze kuri Raphinha wabaye inyenyeri muri FC Barselona

Yanditswe: Monday 23, Sep 2024

featured-image

Sponsored Ad

Umutoza wa FC Barselona Hansi Flick yagize icyo avuga ku mukinnyi w’umunya-Brasil Raphinha, ukomeje kwitwara neza yemeza ko ari kumuha byose mu gihe byari byarane ku ngoma ya Xavi.

Sponsored Ad

Ni nyuma y’uko FC Barselona itsinze mu ijoro ryakeye tariki 222 Nzeri 2024, ubwo bahuraga na Villareal bakayitsinda ibitego 5-1.

Nyuma y’umukino abajijwe uko abaona uyu mukinnyi , umutoza hansi Flick yagizo icyo avuga.

Yagize ati” Umunsi wa mbere ngera muri FC Barselona nkabona Raphinha, nabonye umukinnyi ushobora guha ikipe buri kimwe.”
“ Nishimye umusanzu we muri FC Barselona.”

Rutahizamu ukina aca kuruhande Raphinha yaje muri FC Barselona avuye muri Leeds United yo mu Bwongereza , gusa ntago byakunze nyumo yo kwibura mu mikinire y’umutoza Xavi Hernandez.

Nyuma y’uko avuye muri Barca , bakazana umutoza Hansi Flick , Raphinha yongeye ku garuka, atangira kubona ibitego ndetse atanga ubufasha ku myanya itandukanye mu kibuga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa