skol
fortebet

Haruna Niyonzima yakiriwe neza mu ikipe yo muri Libya [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 19, Jan 2023

featured-image

Sponsored Ad

Kapiteni w’Amavubi, Haruna Niyonzima yakiriwe neza mu ikipe nshya ya AL TA’AWON ikina icyiciro cya mbere muri shampiyona ya Libya.
Niyonzima wakiniraga AS Kigali,yamaze kwerekeza muri Libya,mu ikipe ye Nshya ya Al Ta’awon SC iri ku mwanya wa 6 n’amanota 12, irushwa amanota 3 n’ikipe ya mbere ya Al Nassr.
Niyonzima Haruna, yakiriwe bidasanzwe aho yahaawe ikazi bamuterera imyotsi y’umuhondo,amabara ikipe ye yambara.
Niyonzima yageze muri Libya nyuma y’uko bamubonye yitwara neza ubwo ikipe ya AS (...)

Sponsored Ad

Kapiteni w’Amavubi, Haruna Niyonzima yakiriwe neza mu ikipe nshya ya AL TA’AWON ikina icyiciro cya mbere muri shampiyona ya Libya.

Niyonzima wakiniraga AS Kigali,yamaze kwerekeza muri Libya,mu ikipe ye Nshya ya Al Ta’awon SC iri ku mwanya wa 6 n’amanota 12, irushwa amanota 3 n’ikipe ya mbere ya Al Nassr.

Niyonzima Haruna, yakiriwe bidasanzwe aho yahaawe ikazi bamuterera imyotsi y’umuhondo,amabara ikipe ye yambara.

Niyonzima yageze muri Libya nyuma y’uko bamubonye yitwara neza ubwo ikipe ya AS Kigali yakinaga na Al Nasry mu mikino ya CAF Confederation Cup.

Amakuru aravuga ko muri Al Ta’awon,Haruna yasinye amasezerano y’umwaka umwe.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa