skol
fortebet

Hatangajwe urutonde rw’abakinnyi bahembwa amafaranga menshi kurusha abandi bose ku isi

Yanditswe: Tuesday 05, Jul 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ikinyamakuru Dailymail cyo mu bwongereza, cyatangaje abakinnyi 10 ba mbere muri ruhago bahembwa menshi,ku isi.
Ibi bije nyuma y’aho Umunyamisiri Mohamed Salah yongereye amasezerano agashyirwa ku mushahara w’ibihumbi 400 by’amapawundi ku cyumweru
Salah, ufite imyaka 30,ari ku mwanya wa kane mu bakinnyi bahembwa menshi ku isi ariko umushahara we uri hasi ugereranyije n’abamuri imbere bose bakinira Paris Saint-Germain.
Salah kandi niwe uhembwa amafaranga menshi muri Premier League, imbere ya (...)

Sponsored Ad

Ikinyamakuru Dailymail cyo mu bwongereza, cyatangaje abakinnyi 10 ba mbere muri ruhago bahembwa menshi,ku isi.

Ibi bije nyuma y’aho Umunyamisiri Mohamed Salah yongereye amasezerano agashyirwa ku mushahara w’ibihumbi 400 by’amapawundi ku cyumweru

Salah, ufite imyaka 30,ari ku mwanya wa kane mu bakinnyi bahembwa menshi ku isi ariko umushahara we uri hasi ugereranyije n’abamuri imbere bose bakinira Paris Saint-Germain.

Salah kandi niwe uhembwa amafaranga menshi muri Premier League, imbere ya Cristiano Ronaldo na Kevin De Bruyne, bivugwa ko bahembwa amapound 385.000 buri cyumweru.

Kylian Mbappe uheruka kongera amasezerano muri PSG niwe uhembwa amafaranga menshi ku isi aho ahembwa miliyoni y’amapawundi ku cyumweru agakurikirwa na Lionel Messi uhembwa ibihumbi 960 by’amapawunid.

Neymar aza kumwanya wa gatatu na £ 606.000-buri cyumweru.

Lionel Messi yagabanije umushahara ubwo yinjiraga muri PSG avuye muri Barcelona mu mpeshyi ishize, ariko aracyari ku mushahara utangaje w’amapound 960.000 buri cyumweru.

Reba Urutonde rw’abahembwa menshi ku Cyumweru mu mapawundi:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa