skol
fortebet

ibyumweru bitatu, Manzi Thierry wa Rayon Sports adakandagira mu kibuga

Yanditswe: Tuesday 29, Nov 2016

Sponsored Ad

Manzi Thierry, usanzwe ari myugariro mu ikipe ya Rayon Sports wavunikiye mu mukino wabahuje na Bugesera Fc mu cyumweru gishize yamaze guhabwa ibyumweru bitatu adakandagira mu kibuga.
Manzi Thierry ni umwe bakinnyi bakomeye b’ikipe ya Rayon Sports banayifashije gushikama ku ntsinzi, ikaba iyoboye shampiyona nta gitego irinjizwa. Ku munsi wa Gatandatu, tariki 26 Ugushyingo 2016, uyu musore yakinnye iminota 15 gusa ku mukino wari wabahuje na Bugesera Fc aho warangiye bayitsinze igitego kimwe. (...)

Sponsored Ad

Manzi Thierry, usanzwe ari myugariro mu ikipe ya Rayon Sports wavunikiye mu mukino wabahuje na Bugesera Fc mu cyumweru gishize yamaze guhabwa ibyumweru bitatu adakandagira mu kibuga.

Manzi Thierry ni umwe bakinnyi bakomeye b’ikipe ya Rayon Sports banayifashije gushikama ku ntsinzi, ikaba iyoboye shampiyona nta gitego irinjizwa. Ku munsi wa Gatandatu, tariki 26 Ugushyingo 2016, uyu musore yakinnye iminota 15 gusa ku mukino wari wabahuje na Bugesera Fc aho warangiye bayitsinze igitego kimwe.

Nyuma y’iminota 15 gusa yahise ajya hanze y’ikibuga

Kuwa Mbere tariki ya 28 Ugushyingo uyu mwaka, yabwiwe n’abaganga bo mu bitaro bya Gisirikare ko agomba gufata akanya akuruhuka kugirango imvune yagize mu ivi itazamukomerera nk’uko yabibwiye Igihe.com.

Yagize ati “Nagiye kwa muganga baransuzuma mu bushishozi bwabo bambwira ko ngomba kumara ibyumweru bitatu ntakora ku mupira noneho nyuma yaho akaba aribwo bazongera kureba niba natangira imyitozo.

Manzi Thierry afata 2014 nk’umwaka w’imigisha kuko nibwo yagiye muri Marine FC, akina bwa mbere ikiciro cya mbere mu Rwanda.

Tariki 21 Kanama 2015, nibwo Manzi Thierry yageze muri Rayon Sports, urugendo rwe rukomereje ku guhamagarwa bwa mbere mu Amavubi…

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa