skol
fortebet

Imikino y’agaciro iraza gukinwa kuri uyu wa gatatu

Yanditswe: Wednesday 13, Sep 2017

Sponsored Ad

Imikino y’Agaciro development Fund irakomeza kuri uyu wa Gatatu taliki ya 13 Nzeri 2017 aho amakipe nka AS Kigali na Police zatakaje ku mukino wa mbere ziragaruka mu kibuga zishaka intsinzi mu rwego rwo kwiyongerera amahirwe yo kwegukana iki gikombe.
Amakipe ari guhatanira igikombe cy’Agaciro uko aria ne niyo ahabwa amahirwe menshi yo kuzavamo imwe yegukana igikombe cya shampiyona kizatangira ku italiki ya 29 z’uku kwezi.
Ikipe ya APR FC yatsinze AS Kigali mu mukino ubanza ibitego 2-0, niyo (...)

Sponsored Ad

Imikino y’Agaciro development Fund irakomeza kuri uyu wa Gatatu taliki ya 13 Nzeri 2017 aho amakipe nka AS Kigali na Police zatakaje ku mukino wa mbere ziragaruka mu kibuga zishaka intsinzi mu rwego rwo kwiyongerera amahirwe yo kwegukana iki gikombe.

Amakipe ari guhatanira igikombe cy’Agaciro uko aria ne niyo ahabwa amahirwe menshi yo kuzavamo imwe yegukana igikombe cya shampiyona kizatangira ku italiki ya 29 z’uku kwezi.

Ikipe ya APR FC yatsinze AS Kigali mu mukino ubanza ibitego 2-0, niyo irabanza mu kibuga aho iraza gucakirana na Police FC yo yatsinzwe na Rayon Sports igitego 1-0 ,umukino uratangira saa cyenda n’igice.

Ku I saa kumi n’ebyiri ikipe ya Rayon Sports iraza kwisobanura na AS Kigali mu mukino ikipe ya Rayon Sports iraza gukina yibuka umunyezamu wayo Mutuyimana Evariste witabye Imana ku munsi w’ejo aho abakinnyi barimo Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame batangaje ko bagomba kuwutsinda kugira ngo bawuture uyu mugabo wabavuyemo.

Ikipe izegukana igikombe cy’Agaciro Development Fund n’izaba yagize amanota menshi kurusha ayandi dore ko zose zigomba guhura muri iri rushanwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa