skol
fortebet

Karekezi yarahiriye kwigaranzura APR FC

Yanditswe: Friday 15, Sep 2017

Sponsored Ad

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Ulivier yatangaje ko yiteguye gukora ibishoboka byose agatsinda ikipe ya APR FC yahozemo ari umukinnyi kugora ngo yegukane igikombe cye cya mbere muri Rayon Sports.
Karekezi yabitangaje ku munsi w’ejo ku wa Gatanu nyuma y’imyitozo aho yemeje ko muri uyu mukino na APR FC nta marangamutima azagira kubera yakinnye muri iyi kipe aho yemeza ko nubwo yubaha ikipe ya APR FC Atari yo yonyine yakinnyemo.
Yagize ati “Ntimutekereze ko nzagira amarangamutima (...)

Sponsored Ad

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Ulivier yatangaje ko yiteguye gukora ibishoboka byose agatsinda ikipe ya APR FC yahozemo ari umukinnyi kugora ngo yegukane igikombe cye cya mbere muri Rayon Sports.


Karekezi yabitangaje ku munsi w’ejo ku wa Gatanu nyuma y’imyitozo aho yemeje ko muri uyu mukino na APR FC nta marangamutima azagira kubera yakinnye muri iyi kipe aho yemeza ko nubwo yubaha ikipe ya APR FC Atari yo yonyine yakinnyemo.

Yagize ati “Ntimutekereze ko nzagira amarangamutima ubwo nzaba nkina na APR FC kuri uyu wa Gatandatu.Ubu ndi mu kazi kandi ngomba gukora ibishoboka byose ngo kagende neza.Icyo nifuza ni ugutsinda uyu mukino,kandi mwibuke ko APR FC atari yo kipe yonyine nakiniye.”


Umutoza Karekezi Olivier ari ku gitutu nyuma y’aho atsindiwe na AS Kigali igitego 1-0 mu mukino wabaye ku wa Gatatu,kuri uyu munsi araza gukina uyu mukino ashaka gutsinda no kwemeza imbaga y’abakunzi ba Rayon Sports bataratangira kumwiyumvamo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa