skol
fortebet

Kwizera Olivier yifurije umwaka mushya Perezida Kagame

Yanditswe: Wednesday 28, Dec 2016

Sponsored Ad

Umuzamu wa Bugesera FC n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’, Kwizera Olivier yifurije umwaka mushya, Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Perezida Paul Kagame na nyirakuru wamureze kuva mu bwana kugeza ubu, ngo uyu mwaka uzababere uwa mata n’ubuki.
Kwizera Olivier aganira na Umuryango.rw, yawutangarije ko yifuriza umwaka mushya mwiza umuryango we n’Abanyarwanda muri rusange, ariko by’umwihariko, nyirakuru na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.
Nyakubahwa Perezida wa Repebulika y’u Rwanda Paul (...)

Sponsored Ad

Umuzamu wa Bugesera FC n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’, Kwizera Olivier yifurije umwaka mushya, Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Perezida Paul Kagame na nyirakuru wamureze kuva mu bwana kugeza ubu, ngo uyu mwaka uzababere uwa mata n’ubuki.

Kwizera Olivier aganira na Umuryango.rw, yawutangarije ko yifuriza umwaka mushya mwiza umuryango we n’Abanyarwanda muri rusange, ariko by’umwihariko, nyirakuru na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.

Nyakubahwa Perezida wa Repebulika y’u Rwanda Paul Kagame wifurijwe umwaka mushya mwiza na Kwizera Olivier

Yagize ati"Ndifuriza umwaka mwiza umukuru w’igihugu Nyakubahwa Paul Kagame nabo bafatanyije kuyonbora,nkongera nkawutura nyogokuru wanjye wandeze kuva nk’iri umwana, umukunzi wanjye n’abashuti banjye bose, umuryango wanjye n’Abanyarwanda muri rusange."

Kwizera Olivier, yagiye mu ikipe ya Bugesera muri uyu mwaka w’imikino wa 2016/2017. Yagiye muri iyi kipe nyuma yaho yari afite gahunda yo kwerekeza muri Afurika y’Epfo bikarangira bidakunze. Kwizera yagiye muri Bugesera amaze gusezererwa n’ikipe ya APR FC. Gusa kugeza ubu inzozi ze ntizirahinduka, gahunda ye ni ugukina hanze y’u Rwanda.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa