Messi yahishuye amakipe 4 abona ahanganiye igikombe cy’isi na Argentina
Yanditswe: Monday 05, Dec 2022

Ku wa gatandatu, Lionel Messi yavuze amakipe aha amahirwe yo gutwara igikombe cy’isi 2022 nyuma y’aho Argentine itsinze ibitego 2-1 Australia muri 1/16 cy’irangiza.
Uyu mukinnyi ukinira Paris Saint-Germain yatsinze igitego cya mbere atera imbaraga Albiceleste yo gutsinda uyu mukino igera muri kimwe cya kane cy’irangiza, aho bazakina n’Ubuholandi.
Messi yabwiye itangazamakuru ati: "[Argentina] ni umwe mu bakandida."
"Argentina ifite imbaraga zikomeye kandi buri gihe ihora mu makipe meza. (...)
Ku wa gatandatu, Lionel Messi yavuze amakipe aha amahirwe yo gutwara igikombe cy’isi 2022 nyuma y’aho Argentine itsinze ibitego 2-1 Australia muri 1/16 cy’irangiza.
Uyu mukinnyi ukinira Paris Saint-Germain yatsinze igitego cya mbere atera imbaraga Albiceleste yo gutsinda uyu mukino igera muri kimwe cya kane cy’irangiza, aho bazakina n’Ubuholandi.
Messi yabwiye itangazamakuru ati: "[Argentina] ni umwe mu bakandida."
"Argentina ifite imbaraga zikomeye kandi buri gihe ihora mu makipe meza.
Twari tuzi ko turi umwe mu bakandida, ariko twagombaga kubigaragaza mu kibuga kandi twongeye kubigaragaza kuri Australia."
Amakipe Messi abona ashobora kuvamo itwara igikombe cy’isi
Uyu mukinnyi w’imbere yabajijwe ku byerekeye andi makipe aha amahirwe mu irushanwa.
Ati: "Tureba igikombe cy’isi cyose n’imikino yose dushoboye.
Brazil iri kwitwara neza cyane, nubwo yatsinzwe na Kameruni. Baracyari mu bahabwa amahirwe cyane.
"Ubufaransa nabwo buri gukora neza,na Espagne nubwo yatsinzwe n’Ubuyapani, ni ikipe ikina neza cyane, isobanutse neza ku byo ikora kandi biragoye cyane kuyikuraho umupira, kuko bawumarana igihe kirekire. Bizagorana kubatsinda. "
Messi yakomeje avuga ku gutungurwa k’Ubudage bwasezerewe mu matsinda mu gikombe cy’isi ku nshuro ya kabiri yikurikiranyije.
Messi yagize ati: "Natangajwe no kuba barasezerewe.
Bafite abakinnyi benshi bakomeye, kandi ni ikipe ifite abakinnyi bato ihora imeze neza mu gikombe cy’isi.
Biratangaje kubona bongeye gusezererwa mu cyiciro cya mbere, ariko ibyo byerekana ukuntu igikombe cy’isi kigoye.
Ntabwo izina ry’ikipe y’igihugu rigifite akamaro, ahubwo ni ibyo ukora mu kibuga. Ibintu byose biragenda bingana."
Ibitekerezo
#serenahotels
#DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
#Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!
#TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
+250789502321
Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.
#Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:
Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.
Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.