Mnisports yashyize hanze amabwiriza agenga isubukurwa ry’imikino
Yanditswe: Sunday 01, Aug 2021
Minisiteri ya Siporo yatangaje amabwiriza agenga isubukurwa ry’ibikorwa bya siporo n’imikino hirindwa Covid-19 ikomeje kwiyongera mu Rwanda.
Kuri iki cyumweru,Minisports,yavuze ko imikino igomba gusubukurwa ari ikorwa n’abantu ku giti cyabo iti :
Siporo yemewe ni ikozwe n’umuntu ku giti cye ikorewe hanze abantu bategeranye.
Ibikorwa by’imikino na siporo byemerewe gukorwa birimo kwiruka, imikino ngororamubiri , kunyonga igare, imyitozo yo kugenda n’amaguru n’umukino wo gutwara imodoka.
Isomo (...)
Minisiteri ya Siporo yatangaje amabwiriza agenga isubukurwa ry’ibikorwa bya siporo n’imikino hirindwa Covid-19 ikomeje kwiyongera mu Rwanda.
Kuri iki cyumweru,Minisports,yavuze ko imikino igomba gusubukurwa ari ikorwa n’abantu ku giti cyabo iti :
Siporo yemewe ni ikozwe n’umuntu ku giti cye ikorewe hanze abantu bategeranye.
Ibikorwa by’imikino na siporo byemerewe gukorwa birimo kwiruka, imikino ngororamubiri , kunyonga igare, imyitozo yo kugenda n’amaguru n’umukino wo gutwara imodoka.
Isomo ry’ingororamubiri na Siporo mu mashuri riremewe hubahirizwa ingamba zo kwirinda COVID-19.
Minisports yavuze ko abakora izi siporo zemewe basabwa kubahiriza kwambara neza agapfukamunwa,guhana intera ya metero 2 no kwitwaza imiti yo koza mu ntoki no kuyikoresha igihe bibaye ngombwa.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *