Mugwiza, yiyamamaje wenyine yongera gutorerwa kuyobora FERWABA
Yanditswe: Monday 19, Dec 2016
Mugwiza Désiré yongeye gutorerwa kuyobora ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) nyuma y’uko yari yiyamamaje ari umukandida umwe rukumbi.
Aya matora yabaye kuri iki cyumweru tariki 18 Ukubioza 2016 abera muri Sitade Amahoro i Remera mu nama rusange.
Iyi Komite Nyobozi Nshya ya FERWABA yatowe izayobora kuva 2016 kugeza 2020.
Uko amatora yarangiye
Perezida, MugwizA Désiré
Visi Perezida wa mbere, Madamu Mugwaneza Pascale
Visi perezida wa kabiri, Nyirishema Richard (...)
Mugwiza Désiré yongeye gutorerwa kuyobora ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) nyuma y’uko yari yiyamamaje ari umukandida umwe rukumbi.
Aya matora yabaye kuri iki cyumweru tariki 18 Ukubioza 2016 abera muri Sitade Amahoro i Remera mu nama rusange.
Iyi Komite Nyobozi Nshya ya FERWABA yatowe izayobora kuva 2016 kugeza 2020.
Uko amatora yarangiye
Perezida, MugwizA Désiré
Visi Perezida wa mbere, Madamu Mugwaneza Pascale
Visi perezida wa kabiri, Nyirishema Richard
Umunyamabanga Mukuru ni Mutabazi Richard
Umubitsi, Madamu Muhongerwa Alice
Umujyanama muri tekiniki, Madamu Habimana Mugwaneza Claudette
Umujyanama w’amategeko, aba Uwimana Bernard.
.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *