skol
fortebet

Nyuma y’icyumweru asezerewe muri Mukura, Okoko yamaze gusinyira indi kipe nk’umutoza mukuru

Yanditswe: Monday 06, Feb 2017

Sponsored Ad

Tariki 30 Mutarama 2017 nibwo ikipe ya Mukura Victory Sports yatangaje kumugaragaro ko itandukanye n’umutoza Okoko Godfroid, uyu mutoza nyuma y’icyumweru kimwe gusa akaba amaze gusinyira ikipe ya Gicumbi FC amasezerano y’amezi 6.
Tukimara kumenya aya makuru twagerageje kuvugisha umunyamabaganga w’iyi kipe akaba n’umuvugizi wayo Antoine ariko ntibyadukundira kuko yarari mu inama nk’uko yabidutangarije.
Amakuru yizewe ataruka muri bamwe mu bakinnyi ba Gicumbi FC batifuje ko tubafata amajwi, (...)

Sponsored Ad

Tariki 30 Mutarama 2017 nibwo ikipe ya Mukura Victory Sports yatangaje kumugaragaro ko itandukanye n’umutoza Okoko Godfroid, uyu mutoza nyuma y’icyumweru kimwe gusa akaba amaze gusinyira ikipe ya Gicumbi FC amasezerano y’amezi 6.

Tukimara kumenya aya makuru twagerageje kuvugisha umunyamabaganga w’iyi kipe akaba n’umuvugizi wayo Antoine ariko ntibyadukundira kuko yarari mu inama nk’uko yabidutangarije.

Amakuru yizewe ataruka muri bamwe mu bakinnyi ba Gicumbi FC batifuje ko tubafata amajwi, bemereye ikinyamakuru Umuryango ko Okoko yamaze gusimbura Baraka Hussein wasezerewe ku mirimo ye bitewe n’uko atujuje inshingano yari yahawe.

Okoko yasinyiye Gicumbi amasezerano y’amazezi 6 (bivuze ko ari ugutoza imikino yo kwishyura ya shampiyona) ndetse ahabwa inshingano zo kugumisha iyi kipe mu icyiciro cya mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa