skol
fortebet

Nyuma yo kubagirwa muri Maroc Butera Andrew arasesekara mu Rwanda kuri uyu mugoroba

Yanditswe: Tuesday 07, Mar 2017

Sponsored Ad

Ku isaha ya saa 18:00 zo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Werurwe nibwo Butera Andrew ari bugere mu Rwanda avuye muri Maroc kubagirwayo imvune y’ivi.
Tariki ya 18 Gashyantare 2017 nibwo Butera Andrew yerekeje muri Maroc kubagirwayo imvune yo mu ivi, tariki ya 22 Gashyantare 2017 nibwo yabazwe. Nyuma yo kubagwa akaba ari bugaruke mu Rwanda kuri uyu munsi aho ari busesekare ku ikibuga mpuzamahanga cya Kanombe saa 18:00’.
Butera Andrew yavunikiye mu umukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona y’icyiciro (...)

Sponsored Ad

Ku isaha ya saa 18:00 zo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Werurwe nibwo Butera Andrew ari bugere mu Rwanda avuye muri Maroc kubagirwayo imvune y’ivi.

Tariki ya 18 Gashyantare 2017 nibwo Butera Andrew yerekeje muri Maroc kubagirwayo imvune yo mu ivi, tariki ya 22 Gashyantare 2017 nibwo yabazwe. Nyuma yo kubagwa akaba ari bugaruke mu Rwanda kuri uyu munsi aho ari busesekare ku ikibuga mpuzamahanga cya Kanombe saa 18:00’.

Butera Andrew yavunikiye mu umukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ’Azam Rwanda Premier League’, hari tariki ya 18 Ukuboza 2016, SC Kiyovu yakiriye APR FC umukino Butera yakinnye igice cya mbere gusa kuko yahise avunika.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa