skol
fortebet

Paul Pogba yahishuye ikintu gikomeye yakundiye Cristiano Ronaldo

Yanditswe: Monday 26, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umufaransa Paul Pogba yavuze ko nubwo Cristiano Ronaldo ari umukinnyi w’igitangaza ariko ikintu gikomeye yamukundiye ubwo bakinanaga muri Manchester United ari ikinyabupfura cyae.
Pogba na Cristiano Ronaldo bakinannye umwaka wose ubwo uyu Ronaldo yagarukaga Old Trafford mu mpeshyi ya 2021.
Pogba yabwiye Field of Stories ati "Ikinyabupfura cya Ronaldo nticyari gisanzwe,sinigeze nkibona.
Ikinyabupfura cye cyari ku rundi rwego.Nabonye abakinnyi b’abanyamwuga,abakinnyi benshi (...)

Sponsored Ad

Umufaransa Paul Pogba yavuze ko nubwo Cristiano Ronaldo ari umukinnyi w’igitangaza ariko ikintu gikomeye yamukundiye ubwo bakinanaga muri Manchester United ari ikinyabupfura cyae.

Pogba na Cristiano Ronaldo bakinannye umwaka wose ubwo uyu Ronaldo yagarukaga Old Trafford mu mpeshyi ya 2021.

Pogba yabwiye Field of Stories ati "Ikinyabupfura cya Ronaldo nticyari gisanzwe,sinigeze nkibona.

Ikinyabupfura cye cyari ku rundi rwego.Nabonye abakinnyi b’abanyamwuga,abakinnyi benshi bazindukaga,bakaruhuka ndetse bagakora ibindi byinshi.

Ariko umuntu umwe wabihoranaga buri munsi ntahagarare ni Cristiano.

Buri munsi !umunsi umwe uravuga uti "meze neza"ariko we ntiyasibaga na rimwe.Ikinyabupfura cyo kubikora buri munsi kiratngaje.

Pogba w’imyaka 29 yavuye muri United mu mpeshyi asubira Juventus,gusa yahuye n’ikibazo cy’imvune yamugoye cyane.

Ibitekerezo

  • Ubanza mubeshyeye Pigna. Ubwo se unuyibozi bwa MU bwibeahye ku huryo bwirukanira C7 discipline?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa