skol
fortebet

Paul Pogba yakoze iKirori muri USA cyarimo abakobwa bambaye imyambarire ikurura abagabo [AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 29, Jul 2018

Sponsored Ad

Umukinnyi Paul pogba akomeje gukora udushya mu biruhuko arimo muri USA aho ku munsi w’ejo yakoresheje ikirori cyitabiriwe na bamwe mu bakinnyi ndetse n’abakobwa bambaye mu buryo dusanzwe.

Sponsored Ad

Aba bakobwa basangiye inzoga na Paul Pogba bari bambaye utwenda two kogana dukurura abagabo cyane byatumye benshi mu bakunzi ba ruhago bacika ururondogoro.

Paul Pogba ari mu biruhuko nyuma yo kwitwara neza mu gikombe cy’isi mu Burusiya aho yafashije Ubufaransa kucyegukana batsinze Croatia ibitego 4-2 birimo igitego cye.

Pogba ategerejwe I Manchester aho yasabwe n’umutoza we Jose Mourinho kuzaza ameze neza nkuko yari ameze mu gikombe cy’isi agafasha Manchester United guhatanira ibikombe bazitabira mu mwaka w’imikino utaha.

Muri iki kirori Paul Pogba yari kumwe n’abakinnyi barimo Steven N’zonzi,Adil Rami,Marouane Fellaini na Adnan Januzaj.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa